Perezida Uhuru Kenyatta yatangaje kuri uyu wa 27 Nyakanga 2020 ko nta nzoga zemewe gucururizwa mu nzu z’uburiro-Restaurant. Ni ingingo ifashwe mu rwego rwo kurushaho gukumira ikwirakwizwa ry’icyorezo cya Coronavirus. Abanyakenya bashinjwe kuba bataritwaye...
Read More
Kamonyi: Ikibazo cy’amazi ahubakwa umuhanda wa Kaburimbo Ruyenzi-Gihara cyahagurukije ubuyobozi
Amezi agiye kuba atatu hari abaturage baturiye umuhanda Ruyenzi-Gihara batagira amazi bitewe n’ikorwa ry’umuhanda wa Kaburimbo, aho abawukora bangije imiyoboro yahatanga amazi mu baturage. Ubuyobozi bw’Akarere ka Kamonyi bwizeza aba baturage ko iki kibazo...
Read More
Impinja 7 zapfuye mu ijoro rimwe zizize ibibazo by’abakozi bifatiye kuri Covid-19
Abana barindwi b’impinja bapfuye mu ijoro rimwe muri iki cyumweru tariki 27 Nyakanga 2020 mu gice kivurirwamo abagore cy’ibitaro bikuru by’i Harare kubera ibibazo by’abakozi bishingiye kuri Covid-19. Kwigaragambya kw’abo bakozi kwatumye izi mpinja...
Read More
Abapolisi 4 bafashwe amashusho bakubita umugore uhagarariye abaturage muri Kenya
Nyuma y’amashusho yafashwe kuri uyu wa 28 Nyakanga 2020, agakwirakwizwa agaragaza abapolisi 4 ba Kenya bahohotera umugore, ubwo bamukubitaga atabarwanije, Igipolisi kivuga ko hatangiye iperereza kuri ayo mashusho agaragaza ikubitwa ry’umugore uhagarariye abaturage ku...
Read More
Iran yarashe igisasu cya Misile ku bwato bw’ubwiganano bw’Igisirikare cya Amerika
Igisirikare cya Iran kuri uyu wa Kabiri tariki 28 Nyakanga 2020 cyarashe ibisasu bya misile ku cyiganano cy’ubwato bw’Amerika bw’intambara bugwaho indege mu gace k’ingenzi k’ubunigo bwa Hormuz (Strait of Hormuz/Détroit d’Ormuz). Ni mu...
Read More