Umubare w’abahitanwa na Covid-19 mu Rwanda ukomeje kwiyongera. Mu mibare itangazwa na Minisiteri y’Uhuzima y’uko iki cyorezo kiriwe kifashe mu masaha 24 ashize y’uyu wa 25 Nzeri 2020, bigaragara ko abantu 2 bapfuye, aho...
Read More
Urukiko rukuru rwa Kenya rwahagaritse ibyo gusesa inteko ishinga amategeko kubera kubura abagore
Kuri uyu wa kane, nibwo urukiko Rukuru rwa Kenya rwahagaritse icyifuzo icyo ari cyo cyose cyo gusesa inteko ishinga amategeko nyuma y’uko umucamanza mukuru w’iki gihugu avugiye ko inteko ishinga amategeko igomba kuba ifite...
Read More
Namibia ikeneye miliyoni 1.8 z’amadolari yo kurwanya icyorezo cy’inzige
kuwa kane tariki ya 24 Nzeri 2020, Minisitiri w’ubuhinzi, Calle Schlettwein, yatangaje ko Namibia ikeneye amafaranga agera kuri miliyoni 30 z’amadolari ya Namibia (miliyoni 1.8 y’amadolari y’Amerika) kugira ngo bahangane n’icyorezo cy’inzige mu karere...
Read More
Ghana iri gutekereza icyiciro cya kabiri cyo kwandika abatora mu matora rusange
Ku wa kane tariki ya 24 Nzeri 2020, komisiyo ishinzwe amatora (EC) yo muri Ghana yasuzumye icyiciro cya kabiri cyo kwandika abatora mu matsinda yihariye mbere y’amatora rusange azaba mu Kuboza uyu mwaka wa...
Read More
Kamonyi: Ni byiza ko abana babona aho bicara biga, ariko kwiga badakina nta musaruro twazabavanaho-Min Mimosa
Munyangaju Aurore Mimosa, Minisitiri wa Siporo akaba ari nawe Mboni y’akarere ka Kamonyi, kuri uyu wa 24 Nzeri 2020 yasuye zimwe muri site zubakwaho ibyumba by’amashuri mu mirenge ya Gacurabwenge, Nyamiyaga na Mugina. Ni...
Read More
Perezida Donald Trump, ntakozwa ibyo gutanga ubutegetsi mu mahoro mu gihe yatsindwa amatora
Perezida Trump wa Leta Zunze Ubumwe z’Amerika, yanze kwiyemeza kuzahererekanya ubutegetsi mu mahoro mu gihe yaramuka atsinzwe amatora ya Perezida yo mu kwezi kwa cumi na kumwe uyu mwaka wa 2020. Mu kiganiro n’abanyamakuru...
Read More