Mu ijoro ry’uyu wa 24 Ukuboza 2020, guhera ku I saa mbiri Polisi ifatanije n’inzego zitandukanye z’ubuyobozi mu murenge wa Runda, bakoze umukwabu ugamije kubahirisha amabwiriza yo kwirinda icyorezo cya Coronavirus, aho asaba ko...
Read More
Perezida Trump yatanze imbabazi ku mfungwa zirimo n’abamubaga hafi ubwo yiyamamazaga
Perezida wa Amerika Donald Trump yababariye uwahoze ashinzwe ibikorwa bye byo kwiyamamaza Paul Manafort, uwari umujyanama we Roger Stone ndetse na bamwana we (se w’umugabo w’umukobwa we). Manafort yafunzwe mu 2018 nyuma y’iperereza ryacyekaga...
Read More
Inkunga y’ingoboka kubagizweho ingaruka na Coronavirus muri Amerika yahawe umugisha
Inteko ishingamategeko y’Amerika yemeje imfashanyo yari imaze igihe itegerejwe cyane ya miliyari 900 z’amadolari yo kugoboka abagizweho ingaruka na coronavirus. Hari hashize amezi kwemeza iyo mfashanyo byarateje impaka zikomeye muri politike. Ku mugoroba wo...
Read More
Kamonyi-Bunyonga: Hasezewe mu cyubahiro imibiri 12,639 y’Abatutsi bishwe muri Jenoside
Iyi mibiri yasezewe kuri uyu wa 20 Ukuboza 2020 mu Murenge wa Karama, yakuwe aho yari yarashyinguwe by’agateganyo, yimurirwa mu rwibutso rushya rwa Bunyonga, ari naho kuri uyu musozi wa Bibare hiciwe benshi mu...
Read More
Huye: GS Buhimba batashye ibyumba by’amashuri bigeretse(Etage) bya miliyoni 75
Abarezi n’ababyeyi barerera mu kigo cy’amashuri cya Buhimba, Umurenge wa Rusatira, Akarere ka Huye, baravuga ko ibyumba by’amashuri bishya bigeretse byuzuye muri iki kigo bizagabanya ubucucike bwahagaragaraga, bikazatuma n’ireme ry’uburezi rizamuka cyane. Bamwe mu...
Read More
Kamonyi: Uruganda rw’umuceri rwibarutse urw’ifu y’ibigori-kawunga
Uruganda rw’ifu y’ibigori-Kawunga rwiswe Mukunguri Maize Flour ( MUMAF), rubaye urwa gatatu muri aka gace k’amayaga, rukomotse ku ruganda rw’Umuceri rwa Mukunguri-MRPIC rwahabanje. Akawunga ka mbere kamaze kugera ku isoko, mu ngano y’ibiro bitanu,...
Read More
Tanzania ntabwo ikozwa iby’urukingo rwa Covid-19, ishaka umuti gakondo
Amakuru avuga ko Leta ya Tanzania yavuze ko idafite gahunda yo gutumiza inkingo za Covid-19, ko ahubwo yizeye ubushakashatsi “ku byatsi” byo muri icyo gihugu. Mu kiganiro n’ikinyamakuru The East African, Gerald Chami, umuvugizi...
Read More
Leta ya Uganda yasabye ifungwa ry’imbuga za YouTube zifite aho zihurira na Bobi Wine
Urwego rushinzwe kugenzura itumanaho muri Uganda rwandikiye ikigo cy’ikoranabuhanga Google, ari cyo nyiri YouTube itangazwaho za videwo, kiyisaba gufunga shene (channels) 14 bivugwa ko zifite aho zihuriye n’imidugararo yo mu kwezi gushize yaguyemo abarenga...
Read More
Umwicanyi wo kuri Twitter mu Buyapani yakatiwe igihano cy’urupfu
Umugabo wishe abantu icyenda nyuma yo kumenyana na bo kuri Twitter yakatiwe urwo gupfa, muri uru rubanza rukomeye rwatumye Ubuyapani bugwa mu kantu. Takahiro Shiraishi, wahimbwe “umwicanyi wo kuri Twitter”, yatawe muri yombi mu...
Read More
Leta ya Somalia na Kenya byacanye umubano muri Dipolomasi
Somalia, yahamagaje abadipolomate bayo bose bakoreraga i Nairobi ndetse iha iminsi irindwi abadipolomate ba Kenya bakoreraga i Mogadishu ngo babe bamaze kuva mu gihugu. Itangazo rya leta ya Somalia ryatangajwe mu gitangazamakuru cya leta...
Read More