Ingabo za Ethiopia zarashe ku bakozi b’umuryango w’abibumbye (ONU/UN) ndetse zirabafunga, nyuma yuko batwaye imodoka bakarenga kuri za bariyeri (barrières) muri leta ya Tigray iberamo imirwano, nkuko byemejwe n’umuvugizi wa leta, Redwan Hussein. Uyu...
Read More
Umukecuru Margaret Keenan w’imyaka 90 y’amavuko, yabaye uwa 1 ukingiwe Covid-19 mu Bwongereza
Umukecuru w’imyaka 90 yabaye umuntu wa mbere uhawe urukingo rwa Covid-19, mu gikorwa cy’ikingira kirimo gutangizwa mu Bwongereza. Margaret Keenan, uzuzuza imyaka 91 mu cyumweru gitaha, yavuze ko iyi ari yo “mpano nziza cyane...
Read More
Kamonyi/Rukoma: Isibo yo “Gukunda Igihugu” yagabiwe Inka y’Indashyikirwa
Ubuyobozi bw’Akarere ka Kamonyi binyuze mu murongo uba watanzwe n’Itorero ry’Igihugu, kuri uyu wa 05 Ukuboza 2020 bwagabiye Inka yiswe iy’Indashyikirwa, Isibo yo“Gukunda Igihugu” yo mu Mudugudu wa Nyarusange, Akagari ka Taba, Umurenge wa...
Read More
Gakenke: Kumenya amakuru y’urubanza rwa Neretse byabafashije kumva ko ntawe uhunga ubutabera
Abaturage mu Murenge wa Mataba, Akarere ka Gakenke, bahamya ko kumenya amakuru y’uko urubanza rwa Neretse Fabien rwagenze byabafashije kumva neza akamaro k’ubutabera, bamenya ko aho waba uri hose warakoze icyaha ufatwa, by’umwihariko ku...
Read More
Nyabugogo: Mu gihe cya Covid-19, abakarani bihimbiye akazi ko guherekeza abagenda n’amaguru bwije
Mu masaha ya nijoro imodoka zishize mu kigo zitegerwamo kubera amasaha yo gutaha yigijwe imbere, bamwe mu bagenzi b’abanyantege nke n’abanyabwoba bagobokwa n’abakarani babaherekeza bakabishyura iyo satatu zageze cyangwa abagenzi batabasha kubona moto. Mu...
Read More
Kamonyi-Rukoma: Hatangijwe ku mugaragaro ishyirwa mu byiciro bishya by’Ubudehe
Kuri uyu wa 04 Ukuboza 2020, mu Karere ka Kamonyi hatangijwe igikorwa cyo gushyira abaturage mu byiciro bishya by’Ubudehe. By’Umwihariko, iki gikorwa ku rwego rw’Akarere cyatangirijwe mu Murenge wa Rukoma, kitabirwa n’Umunyamabanga wa Leta...
Read More
Ubutasi bwa Amerika bwavuze ko ubushinwa buteje akaga gakomeye nyuma y’intambara ya 2 y’Isi
Umutegetsi wo hejuru wo mu butasi bw’Amerika avuga ko Ubushinwa ari bwo “bwa mbere buteje ibyago bikomeye cyane kuri demokarasi n’ubwisanzure” kuva intambara ya kabiri y’isi yarangira. Mu nyandiko yasohoye mu kinyamakuru Wall Street...
Read More
Abafite ubumuga barifuza ko uburenganzira bwabo bwakubahirizwa hitawe k’ubumuga bafite
Mu gihe u Rwanda rwitegura kwizihiza umunsi mpuzamahanga w’uburenganzira bwa muntu uba buri mwaka tariki 10 Ukuboza, bikaba ku nshuro ya 72 itangazo mpuzamahanga ryerekeye uburenganzira bwa muntu rizaba risohotse, abafite ubumuga bavuga ko...
Read More
Rubavu: Abafite ubumuga bambutsaga ibintu ku magare barataka igihombo kubera Covid-19
COTTRARU, ni Cooperative yo kwambutsa ibicuruzwa ku mu mupaka muto uhuza imijyi ya Gisenyi na Goma. Igizwe n’abafite ubumuga basaga 200, ubu bakaba bamaze amezi arenga umunani badakora kubera icyorezo cya Covid-19 cyatumye imipaka...
Read More
Kamonyi: Inzego z’umutekano zitakarizwa icyizere n’abaturage kubwo kurekura abafatiwe mu byaha
Intumwa za Rubanda mu nteko ishinga amategeko umutwe wa Sena aribo; Dr Havugimana Emmanuel na Hon Bideri, kuri uyu wa 30 Ugushyingo 2020 basuye Umurenge wa Runda mu rwego rwo kuganira ku ishusho rusange...
Read More