Kimwe mu byemezo by’inama y’Abaminisitiri yateranye kuri uyu wa 13 Gicurasi 2022, ikayoborwa na Perezida wa Repubulika y’u Rwanda, Kagame Paul yanzuye ko kwambara agapfukamunwa ku butaka bw’u Rwanda bitakiri itegeko. Umuntu asabwa ku...
Read More
Espagne: Abagore bababazwa n’imihango bikomeye bagiye gushyirirwaho itegeko ry’ikiruhuko
Igihugu cya Espagne kirateganya gushyiraho igihe cy’ikiruhuko cyemejwe na muganga mu buryo bw’amategeko ku bagore bababara bikomeye mu gihe bagiye mu mihango (ubutinyanka mu Kirundi). Uyu mushinga w’itegeko ukubiyemo ko abagore bashobora guhabwa iminsi...
Read More
Muhanga: Ufite ubumuga bwo mu mutwe watabarijwe, yakuwe ku muhanda ari gufashwa n’Ibitaro bya Kabgayi
Hashize igihe tubagejejeho inkuru y’ubusabe bw’abaturage bo mu mujyi wa muhanga batabarizaga umuntu ufite ubumuga bwo mu mutwe bavugaga ko atagira aho arara uretse ku muhanda, ko kandi yari atwite. Inkuru nziza isubiza ubusabe...
Read More
Kamonyi-Rukoma: Urubyiruko ruri ku Rugerero ruri gukora ibikorwa byivugira(amafoto)
Tariki ya 13 Werurwe 2022 nibwo urubyiruko rw’Abahungu n’Abakobwa barangije amashuri yisumbuye mu Karere ka kamonyi kimwe n’ahandi mu Gihugu batangiye ibikorwa by’urugerero. Ni ibikorwa bakora bigamije ahanini kuzana impinduka nziza mu mibereho myiza...
Read More
Kamonyi-Mugina: Nyirahabineza abeshejweho no guhonda amabuye kugira ngo afashe umwana kwiga
Atuye mu kagari ka Mbati, Umudugudu wa Mbati, Umurenge wa Mugina ho mu Karere ka Kamonyi. Azinduka iyarubika akajya guhonda amabuye avamo Konkasi mu Murenge wa Nyamiyaga kugira ngo abashe kubaho n’abana. Amafaranga menshi...
Read More