Kuva mu ntangiriro z’ukwezi kwa Nzeri(9) kwa 2019 kugera kuri uyu wa 19 Ukuboza 2022, ikiraro cy’umuhanda uhuza akarere ka Kamonyi n’aka Ruhango cyari cyarahejeje benshi mu bwigunge nyuma y’aho ikamyo yo mu bwoko...
Read More
Nyaruguru: Ubuso buto buhingwaho icyayi, butuma uruganda rudakora ku kigero gikwiye
Umuyobozi Mukuru w’Uruganda rw’Icyayi rwa Nshili-Kivu ruherereye mu karere ka Nyaruguru, Hakizayezu Marc avuga ko kutagira ubuso buhagije bwo guhingaho bituma batunganya 40% bya Toni 58 bakabaye batunganya ku munsi. Asaba ubuyobozi bw’Akarere kubaha...
Read More
Kamonyi-Rugalika: Abanyamuryango ba RPF-Inkotanyi mu kuremera Intwaza bati“ u Rwanda ntirwazimye”
Igikorwa cyo kuremera Intwaza, cyateguwe ndetse gishyirwamo imbaraga n’Abanyamuryango ba RPF-Inkotanyi bari mu mwuga w’Uburezi bafatanije n’abandi bari mu buyobozi bw’Umuryango. Intwaza 6 nibo basuwe, bararemerwa mu buryo bw’ibifatika birimo; Ibiribwa, ibikoresho by’isuku n’isukura,...
Read More
Kamonyi-Rugalika/RPF: Amafoto y’Ingenzi yaranze igikorwa cyo kuremera Intwaza
Abanyamuryango ba RPF-Inkotanyi Biganjemo abakora umwuga w’Uburezi mu Murenge wa Rugalika, kuri uyu wa Gatanu Tariki 16 Ukuboza 2022, baremeye imiryango 6 y’Intwaza mu tugari dutandukanye. Byakozwe murwego rw’urugendo rwo kwizihiza isabukuru y’imyaka 35...
Read More
Umugore yasimbutse urwo kwicishwa amabuye, ahanishwa gufungwa azira gusoma umugabo
Umugore wo muri Sudani warezwe ubusambanyi yarokotse kwicwa ahanishwa gufungwa amezi atandatu nyuma yo kwemera ko yasomye umugabo. Uwo mugore w’imyaka 20 mbere yari yakatiwe urwo gupfa atewe amabuye, bituma ibi byamaganwa cyane ku...
Read More
Perezida Kagame aravuga ko kurekura Paul Rusesabagina byasaba gukora igitero ku Rwanda
Perezida Kagame Paul wa Repubulika y’u Rwanda, avuga ku busabe bwa Leta ya Amerika ko Paul Rusesabagina arekurwa, yavuze ko“ nta uzadukanga” ku byemezo u Rwanda rufata. Yabivuze mu kiganiro muri Amerika asubiza ku...
Read More
Kamonyi-Nyamiyaga: Hatanzwe Telefone nk’imwe mu ntwaro mu gukumira ibyaha no gucunga Umutekano
Mu cyumba cy’inama cya Paruwase ya EPR i Ruyumba, Akagari ka Kabashumba, Umurenge wa Nyamiyaga kuri uyu wa 14 Ukuboza 2022, habereye inama y’umutekano yaguye y’umurenge. Bimwe mu byari ku murongo w’ibyigwa harimo; ukurebera...
Read More
Impuruza ku bibazo byugarije abatwara n’abatunganya ibishingwe bishobora kubashyira mu kaga
Bamwe mu bakora akazi ko gukusanya imyanda bayivana mu bigo bitandukanye ndetse no mu ngo z’abaturage, baravuga ko ibibazo ari byinshi bikomoka ku bumenyi buke bwo kutabasha kuvangura ibishingwe-imyanda, ibikoresho bike ku bayitunganya, aho...
Read More
Mugure ibyo mukeneye, ibyo mudakeneye mubireke-Minisitiri Mujawamariya
Minisitiri w’Ibidukikije mu Rwanda, Dr Mujawamariya Jeanne d’Arc aributsa abanyarwanda ko mu gihe twegereza iminsi mikuru isoza umwaka bakwiye kugura ibyo bakeneye aho kugura ibyo badakeneye kuko uko bagura byinshi bishobora kubapfana ndetse bimwe...
Read More
Muhanga: Rwamrec iratabariza abana bavuka mu miryango irimo amakimbirane
Umuyobozi Nshingwabikorwa wa RWAMREC, Rutayisire Fidèle aratabariza abana bavuka mu miryango igaragaramo amakimbirane kuko bibagiraho ingaruka zikomeye ku mikurire yabo. Asaba ko buri wese yagira uruhare mu kwamagana abakora ihohoterwa mu muryango. Byagarutsweho mu...
Read More