Ku mugoroba wo kuri uyu wa 30 Ukuboza 2022, ahagana ku i saa 18h30 mu cyumba cy’inama cy’Umurenge wa Gacurabwenge, Akarere ka Kamonyi, habereye umuhango w’ ihererekanyabubasha hagati ya Gitifu Niyobuhungiro Obed wakuwe mu...
Read More
Koroneri w’ingabo zifatanya na FARDC kurwanya M23 yishwe na bagenzi be azira ibiryo
Umusirikare w’ipeti rya Coloneli mu gisirikare cy’inyeshyamba za Nyatura zifatanya n’Ingabo za Repubulika ya Demokarasi ya Congo-FARDC mu kurwanya M23, yishwe arashwe na bagenzi be 4 bamuziza ibiryo ahitwa i Mugando, uvuye i Sake...
Read More
Muhanga-Expo: Abikorera barasabwa kumenyakanisha ibyo bakora kurushaho
Umuyamabanga Nshingwabikorwa w’Intara y’Amajyepfo, Busabizwa Parfait arasaba abikorera bo muri iyi ntara gukora uko bashoboye bakamenyakanisha ibyo bakora kurusha uko bisanzwe bikorwa kugira ngo ababigura babigure babizi ko ari iby’umwimerere kandi biri ku rwego...
Read More
RAB irashishikariza aborozi gukoresha amasazi y’umukara mu biryo by’amatungo
Umuyobozi Mukuru wungirije w’ikigo cy’Igihugu gishinzwe iterambere ry’ ubuhinzi n’Ubworozi-RAB, ushinzwe Iterambere ry’Ubworozi, Dr Uwituze Solange yasabye aborozi korora amasazi y’Umukara kuko asimbura Soya yavaga mu bihugu by’amahanga ndetse n’indagara ku kigero cya 75%,...
Read More
Ibikoresho n’ubumenyi buke ni bimwe mu biheza abafite ubumuga ku kugera kuri serivisi
Umuyobozi w’Umushinga ugamije guteza imbere imigirire idaheza abafite ubumuga mu Rwanda, Murekatete Brigitte avuga ko mu myaka ine ishize y’uyu mushinga, abafite ubumuga bakanguriwe kumenya uburenganzira bwabo. Abatanga serivisi barasabwa gukuraho inzitizi zikibangamira abafite...
Read More
Amakuru wamenya ku ntwaro ya Patriot irinda za Misile Amerika igiye guha Ukraine
Ukraine izahabwa intwaro zigezweho zikorerwa muri Amerika zo kwirinda ibitero bya misile zizwi nka ‘Patriot defence missile system’ mu kwirinda ibitero bya misile na drones by’Uburusiya, nk’uko White House yabyemeje mu rugendo rwa Perezida...
Read More
Igisirikare cy’u Rwanda kirasabirwa guhagarikirwa inkunga
Imiryango iharanira uburenganzira bwa muntu y’Iburayi yasabye umuryango w’Ubumwe bw’Uburayi (EU/UE) guhagarika inkunga uha igisirikare cy’u Rwanda, igishinja gufasha umutwe wa M23. Mu ibaruwa ifunguye, iyo miryango yasabye EU kwamagana “kumugaragaro kandi ikomeje”...
Read More
U Rwanda rwagize icyo ruvuga ku birengo bikomeje kwiyongera rushinjwa gufasha M23
Leta y’u Rwanda yatangaje ko kuyishinja gufasha inyeshyamba zo muri DR Congo za M23 “atari byo kandi biyobya” ku “mpamvu nyakuri” y’amakimbirane mu burasirazuba bw’iki gihugu kimaze iminsi ari isibaniro ry’imirwano ihanganishije uyu mutwe...
Read More
Canada-Toronto: Abakobwa umunani (8) bakiri bato barakekwaho kwica umugabo w’imyaka 59
Abakobwa umunani b’inkumi ziri mu myaka hagati ya 13-16 barezwe kwica umugabo w’imyaka 59 bamujombaguye ibintu mu ijoro ryo kuwa gatandatu w’icyumweru gishize mu mujyi wa Toronto, nk’uko abategetsi babivuga. Polisi ivuga ko bisa...
Read More
Kamonyi: Umuryango “NIBEZA” watangiye urugendo rwo kwita ku bana bafite ubumuga
Mukanoheri Madeleine, umuyobozi w’Umuryango “NIBEZA”, avuga ko impamvu nyamukuru yo kubaho k’uyu muryango no gutangira uru rugendo rwo kwita ku bana bafite ubumuga bishingiye ku kuba akenshi batitabwaho bikwiye, haba mu miryango bavukamo no...
Read More