Urwego rurwanya ruswa rwo mu gihugu cya Afurika y’Epfo ruvuga ko nta kimenyetso gihari kigaragaza ko Perezida Cyril Ramaphosa hari ikintu kibi yakoze kijyanye no kuba yaribwe amadolari y’Amerika 580,000 (miliyoni 630Frw) – ashobora...
Read More
Kamonyi-Runda: Umwe mu mabandi ya jujubije abaturage yarashwe arapfa
Ak’Amabandi amaze iminsi ajujubya abaturage by’Umwihariko mu Murenge wa Runda kashobotse. Mu ijoro ryo kuri uyu wa 11 Werurwe 2023, ahagana ku i saa tatu, mu Mudugudu wa Nyagacaca, Akagari ka Ruyenzi, Umurenge wa...
Read More
Urukiko rwa ONU rwahagaritse urubanza rw’Umunyarwanda Kabuga Félicien
Abacamanza mu rukiko rwa ONU ruri La Haye mu gihugu cy’u Buholandi babaye bahagaritse urubanza rw’Umunyarwanda Kabuga Félicien uregwa ibyaha bya Jenoside yakorewe Abatutsi mu Rwanda mu 1994. Abacamanza muri uru rukiko, bafashe icyo...
Read More
Kamonyi-Runda: Ubugizi bwa nabi bw’amabandi bukomeje guhangayikisha rubanda
Nta munsi w’ubusa, nta masaha acaho mu bice bitandukanye by’Umurenge wa Runda hatumvikanya Abaturage bataka ko bahohotewe n’Amabandi cyangwa se Abajura uko babivuga. Barabatega mu nzira, bakabatera mu ngo bitwaje intwaro “Gakondo”, bakabambura, ugize...
Read More
Nyaruguru: Hizihijwe umunsi mpuzamahanga w’umugore, basabwa kwamagana abangiza abakiri bato
Mu kwizihiza umunsi ngarukamwaka wahariwe umugore, kuri uyu wa 08 Werurwe 2023 mu karere ka Nyaruguru, Umurenge wa Kibeho, Akagari ka Nyange hagaragajwe ko hakiri abagore bahutazwa n’abagabo ndetse bamwe muri aba bagabo bakishora...
Read More
Amafaranga asaga Miliyoni 77 yishyuwe n’abaturage bashaka Serivise ku irembo ntibazihabwa
Abaturage ibihumbi 10,849 basabye serivisi zitangwa binyuze ku Irembo ntazo bahawe kandi barazishyuye. Ni mu gihe kandi abandi ibihumbi 148 291 basabwe ibindi byangombwa byinyongera kugirango bahabwe izi serivisi, aho aba bose bishyuye amafaranga...
Read More
Kamonyi-Runda: Baratabaza inzego z’umutekano ku bw’amabandi yitwaje intwaro gakondo abugarije
Iminsi ishize ari myinshi abaturage b’Umurenge wa Runda mu bice bitandukanye badasiba gutaka ubugizi bwa nabi bakorerwa n’abo bavuga ko ari amabandi cyangwa se Abajura babatera ndetse bakanabategera mu nzira bitwaje intwaro Gakondo, bakabatema,...
Read More
Muhanga: Ubuyobozi bwategetswe kwishyura no kubakira umuturage wasenyewe inzu
Umuvunyi Mukuru Nirere Madeleine yategetse akarere ka Muhanga kubakira umuturage witwa Nikuze Vestine wasenyewe inzu n’Ubuyobozi bw’umurenge wa Nyamabuye buvuga ko yubatswe mu buryo butujuje ibyasabwaga. Uretse ku mwubakira, bwanasabwe kumwishyura ibyaburiye muri uku...
Read More
Muhanga: Ingengo y’imari ivuguruye irasaga Miliyari 3 z’amafaranga y’u Rwanda
Inama Njyanama y’Akarere ka Muhanga yatoreye ingengo y’Imari y’Inyongera ingana na Miliyari 3,731, 337,749 frw. Kuvugururwa kwayo ikongerwa, bisobanuye ko ingengo y’Imari yose hamwe yabaye Miliyari 32,172,500,730 frw ivuye kuri Miliyari 28,441,162,981 z’amafaranga y’u...
Read More
Nyarugenge: Umuzunguzayi yacakiye ubugabo bw’umunyerondo arabukanda
Umuzunguzayi w’umugore wacururizaga hafi y’isoko ryo mu karere ka Nyarugenge, ubwo yamburwaga ibyo yacuruzaga, yadukiriye umunyerondo acakira ubugabo bwe arabukanda. Mu kwirwanaho yitabara, umunyerondo yagwanye hasi n’uyu muzunguzayi wakomeretse bikomeye ugutwi. Gukomereka kwako byibazwaho?....
Read More