Leta ya Repuburika ya Demokarasi ya Congo irahakana ibivugwa ko hari amasezerano yashyizeko umukono n’Uburusiya mu gufashanya mu bya gisikare. ”Gushyika uyu munsi, nta masezerano yo gufashanya mu bya Gisirikare yasinywe ubu vuba hagati...
Read More
Kamonyi-Runda: Umugabo w’imyaka 26 y’amavuko yasanzwe mu nzu yabagamo yapfuye
Hagenimana Jean Claude wari utuye mu Mudugudu wa Nyabitare, Akagari ka Ruyenzi, Umurenge wa Runda mu Karere ka Kamonyi, ku gicamunsi cyo kuri uyu wa kabiri tariki ya 05 Werurwe 2024 ahagana ku i...
Read More
Kamonyi-Rukoma: Bamwe mu bazwi nk’Abahebyi bashakishwaga batawe muri yombi
Mu Kagari ka Bugoba, Umurenge wa Rukoma, Akarere ka Kamonyi hafatiwe Nsabimana Alphred w’imyaka 28 y’amavuko hamwe na Kanyamanza Claude w’imyaka 26 y’amavuko. Bombi bari mu bashakishwaga na Polisi bazira gukora ubucukuzi bw’amabuye y’agaciro...
Read More
Kamonyi-Ngamba: Umugabo bamukuye munsi y’umukingo yapfuye
Mu ijoro ryo kuri uyu wa 02 Werurwe 2024 ahagana i saa tanu, Uwimana Theogene w’imyaka 56 y’amavuko utuye mu Mudugudu wa Nyabitare, Akagari ka Marembo, Umurenge wa Ngamba yasanzwe munsi y’umukingo yapfuye. Harakekwa...
Read More
Kamonyi-Runda: Ukunzubugingo Sadock yasanzwe mu mugozi yapfuye
Ni umugabo w’imyaka 30 y’amavuko, akomoka mu Karere ka Karongi, Umurenge wa Bwishyura. Yasanzwe amanitse mu nzu mu mugozi, mu Mudugudu wa Rubona, Akagari ka Muganza, Umurenge wa Runda, Akarere ka Kamonyi. Yari amaze...
Read More
Kamonyi-Kayumbu: Meya yakebuye urubyiruko rushaka gutera imbere rudakora
Bamwe mu rubyiruko rwo mu Murenge wa Kayumbu barimo n’abaruhagarariye, bagaragaza inyota yo gushaka gukira ariko imvugo n’ibikorwa byabo bikagaragaza ibihabanye. Bashaka gukira batavunitse, bashaka iterambere bazaniwe, batagizemo uruhare. Mu nteko y’Abaturage yo kuri...
Read More
RIB iraburira abantu ku mikoreshereze y’ibirango by’Igihugu,“ si ibyo gukiniraho”
Urwego rw’Ubugenzacyaha (RIB) ruraburira abaturarwanda ku mikoreshereze idakurikije amategeko y’ibirango by’igihugu kuko harimo ibyaha kandi bikomeye. Uku kwihanangiriza kuje nyuma yuko bigaragaye ko hari ubwiyongere bw’abantu bakoresha ibirango by’igihugu mu buryo bunyuranyije n’amategeko. Umuvugizi...
Read More
Umupilote w’indege za Gisirikare yitwikiye imbere ya Ambasade ya Islael i Washington DC muri America
Uko kwitwika, byabaye kuri iki cyumweru ahagana saa saba z’amanywa (13:00) ku isaha yaho. Urwego rwo kuzimya umuriro rwo muri uwo mujyi rwatangaje ko abo mu rwego rw’Amerika rucunga umutekano w’abategetsi (US Secret Service)...
Read More
Kamonyi-Ngamba: Umusore w’imyaka 25 yishyikirije Polisi nyuma yo kwica Se umubyara
Ahagana i saa mbiri z’ijoro ryo kuri uyu wa Gatanu Tariki 23 Gashyantare 2024, mu Mudugudu wa Kigina, Akagari ka Marembo, Umurenge wa Ngamba, Akarere ka Kamonyi, umusore witwa Kwizera Théoneste w’imyaka 25 y’amavuko...
Read More
Kamonyi: Dr Nahayo Sylvere yasuye kandi ahumuriza abahuye n’ibiza, MINEMA nayo yari ihari
Umuyobozi w’Akarere ka Kamonyi, Dr Nahayo Sylvere ari kumwe n’itsinda ry’abakozi ba Minisiteri ifite ibikorwa by’ubutabazi mu Rwanda(MINEMA), ku mugoroba wo kuri uyu wa kane tariki 22 Gashyantare 2024 ahagana ku i saa kumi,...
Read More