Padiri Thomas Nahimana, umusaseredoti utacyemerwa na Kiliziya Gatolika hano mu Rwanda yamaze gutangaza ko aje kwiyamamariza kuyobora U Rwanda avuye mu buhungiro. Padiri Thomas Nahimana, mbere yo kujya mu buhungiro yari umusaseredoti muri Diyoseze...
Read More
Batatu batawe muri yombi na Polisi bafatanywe ibikoresho by’ikoranabuhanga bibye
Abagabo batatu bafashwe na Polisi y’u Rwanda ku wa 18 Ugushyingo 2016 ibasanganye ibikoresho by’ikoranabuhanga birimo telefone na mudasobwa bacyekwa kwiba abantu batandukanye. Ndikuryayo Patrick na Gasigwa Amza bafatiwe mu karere ka Nyarugenge bafite...
Read More
Abantu basaga 120 bahitanywe na Gariyamoshi mubuhinde
Impanuka ya gariyamoshi mu gihugu cy’ubuhinde yaguyemo abantu basaga 120 naho abandi basaga 150 bayikomerekeramo. Kuri iki cyumweru tariki ya 20 Ugushyingo 2016 mu masaha ya mugitondo, mu majyaruguru y’igihugu cy’ubuhinde habereye impanuka ikomeye...
Read More
Perezida Kagame yishimiye intsinzi ya Valens Ndayisenga
Umukuru w’Igihugu cy’u Rwanda Paul Kagame, yishimiye intsinzi ya Valens Ndayisenga watwaye isiganwa ry’amagare ryazengurukaga u Rwanda (Tour du Rwanda) anashimira abitabiriye isiganwa n’abanyarwanda babaye hafi bagafana. Kuri iki cyumweru tariki ya 20 ugushyingo...
Read More
Kiliziya Gatolika Nyuma y’imyaka 22 Jenoside yakorewe Abatutsi ibaye yasabye imbabazi
Mu myaka isaga 22 Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994 ibaye mu Rwanda, Kiliziya Gatolika ngo nubwo ntawe yatumye kugira nabi mu bayoboke bayo, ngo birakwiye gusaba imbabazi z’ibibi bakoze. Nyuma y’imyaka isaga 22,...
Read More
Umuryango w’Abibumbye uhangayikishijwe n’abana bashorwa mu ntambara
Ishami ry’umuryago w’abibumbye ryita ku bana UNICEF rihangayikishijwe n’abana basaga ibihumbi 250 bashowe mu bikorwa by’intamba aho abenshi babarizwa k’umugabane wa Afurika. Itariki ya 20 Ugushyingo buri mwaka ni umunsi mpuzamahanga wahariwe kuzirikana ku...
Read More
Abapolisi 20 barangije amahugurwa y’ubugenzacyaha bwifashisha ubuhanga mu binyabuzima
Abapolisi 20 bakorera mu bugenzacyaha, ejo barangije amahugurwa y’ibyumweru bitatu ku bugenzacyaha bwifashisha ubuhanga mu binyabuzima. Aya mahugurwa yabereye mu ishuri rikuru rya Polisi (NPC) ku bufatanye bwa Polisi y’u Rwanda na Kaminuza ya...
Read More
Amatora y’umukuru w’Igihugu cy’u Rwanda asigaje amezi 9 akaba
Mu gihe hasigaye amezi atarenze 9 ngo amatora y’umukuru w’Igihugu cy’u Rwanda abe, abanyarwanda bagomba gutora barasabwa kwihutira gukora igikorwa cyo kwishyirisha kuri Lisiti y’itora. Mu rwego rwo kwitegura amatora y’umukuru w’Igihugu cy’u Rwanda...
Read More
MC Monday mu gihirahiro yibaza niba Leta yaramukomanyirije mu itangazamakuru
Umuhanzi Saga Assou Gashumba wamenyekanye cyane ku kazina ka MC Monday, ari mu gihirahiro ndetse no mu bibazo byinshi yibaza aho kudakina indirimbo ze byavuye. Umuhanzi uzwi cyane ku mazina ya MC Monday ariko...
Read More
Seyoboka ukekwaho ibyaha bya Jenoside yagejejwe mu Rwanda
Umunyarwanda witwa Seyoboka Jean Claude, yoherejwe mu Rwanda n’ubuyobozi bwa Canada ngo aburanishwe ibyaha bya Jenoside akekwaho. Seyoboka arashinjwa ibyaha birimo icya Jenoside, icyo kurimbura imbaga, n’icyibasiye inyokomuntu, akaba yagejejwe ku kibuga cy’indege mpuzamahanga...
Read More