Polisi y’u Rwanda ikorera mu karere ka Nyarugenge yataye muri yombi abagabo batatu bakekwaho gukora no kugurisha impushya zo gutwara ibinyabiziga za burundu. Nk’uko Polisi ikorera muri ako karere ibitangaza, aba bagabo bafatiwe mu kagari...
Read More
Kamonyi: Umusaza w’imyaka 65 y’amavuko yafatanywe ibiro 3 by’urumogi
Mu mudugudu wa Bugoba, akagari ka Bugoba ho mu murenge wa Rukoma hafatiwe umusaza w’imyaka 65 y’amavuko afatanwa ibiro 3 by’ikiyobyabwenge cy’urumogi. Yeretswe abaturage nyuma y’umuganda hanatangwa ubutumwa busaba buri wese kwirinda ibiyobyabwenge. Mu...
Read More
Muhanga: Abayobozi 9 barimo ba Gitifu 2 b’Imirenge banditse basezera Akazi
Abanyamabanga Nshingwabikorwa babiri b’Imirenge hamwe n’abakozi bashinzwe iby’ubutaka ndetse na bamwe mu bayobozi mu tugari dutandukanye mu karere ka Muhanga banditse basaba gusezera mu kazi bakoraga. Beatrice Uwamariya, umuyobozi w’Akarere ka Muhanga aganira n’intyoza.com...
Read More
Muhanga: Uwikoreye ibyaha by’abantu ku Isi ni umwe, buri wese n’umutwaro we-Mayor
Umuyobozi w’akarere ka Muhanga, Madamu Beatrice Uwamariya yakuriye inzira ku murima bamwe mu bayobozi bakomeje kwijandika mu bibazo by’imyubakire idakurikije amategeko n’amabwiriza agenga imyubakire. Yasabye aba bayobozi hamwe n’abaturage ko buri wese agomba kwikorera...
Read More
Abadepite b’Igihugu cya Namibiya bashimye Serivise zitangwa na Isange One Stop Centre
Mu ruzinduko rw’akazi barimo hano mu Rwanda, itsinda ry’intumwa za Rubanda mu gihugu cya Namibiya, basuye ikigo Isange One Stop Centre, basobanuriwe birambuye amavu n’amavuko y’ikigo ndetse na Serivise giha abakigana. Itsinda ry’intumwa z’abadepite...
Read More
Gasabo: Abakozi bo murugo bafunzwe bakurikiranyweho kwiba Miliyoni 2,5 y’u Rwanda
Ngirimana Anicet hamwe na Tumukunde Esther, batawe muri yombi na Polisi y’u Rwanda ibakuye ahantu hatandukanye mu mujyi wa Kigali nyuma yo gusiga bibye umukoresha wabo amafaranga y’u Rwanda agera kuri miliyoni ebyiri n’igice(2,500,000Fr)...
Read More
Kamonyi: Gusenya amazu byagabanije umurindi, inzu zimwe ntizigisenywe
Mu gihe isenywa ry’amazu bivugwa ko yubatswe hadakurikijwe amategeko n’amabwiriza agenga imyubakire rikomeje, ubuyobozi bw’akarere bwatanze ihumure rishobora gutuma hari inzu zicibwa amande aho gusenywa. Tuyizere Thadee, umuyobozi wagateganyo w’Akarere ka Kamonyi aganira n’intyoza.com...
Read More
Intumwa zituruka mu gihugu cya Mali zaje kwigira kuri Polisi y’u Rwanda kurwanya Ruswa
Itsinda ry’intumwa 4 zaturutse mu gihugu cya Mali, kuri uyu wa gatatu tariki ya 27 Nzeli 2017 zasuye Polisi y’u Rwanda zisobanurirwa ingamba Polisi y’u Rwanda yashyizeho mu kurwanya ruswa no gufasha muri gahunda za...
Read More
Kamonyi: Abasenya amazu y’abaturage batewe amabuye bariruka, baragarutse urugamba rurakomeza
Mu gusenya amazu y’abaturage bivugwa ko yubatswe mu buryo budakurikije amategeko n’amabwiriza agenga imyubakire, byateye ihangana hagati y’abasenya n’abaturage, abasenya bazamuwe impinga, bagarutse bisuganije barasenya ariko bongera kwirukankanwa n’amabuye y’abaturage. Ubwo abaturage mu murenge...
Read More
Kamonyi: Nyuma y’igihe atagira ahitwa iwe, uwacitse ku icumu rya Jenoside yahawe inzu
Mukamana Marthe, amaze igihe kitari gito acumbikiwe n’umurenge wa Rukoma kubwo kutagira aho aba, yubakiwe inzu y’agaciro ka Miliyoni 4 z’amafaranga y’u Rwanda ndetse itahwa ku mugaragaro, yishimira kuba yongeye kugira ahitwa iwe. Mukamana...
Read More