Amatora yo gusimbuza inzego zibanze zitari zuzuye yagombaga kuba kuri uyu wa gatandatu tariki 28 Ukwakira 2017 ariko akaza gusubikwa mu mudugudu wa Rugarama, Akagari ka Kigese ho mu murenge wa Rugarika kubera ukutumvikana...
Read More
Kamonyi-Rugarika: Kutumvikana hagati y’Abaturage n’Abayobozi kwasubikishije Amatora
Mu matora yabaye kuri uyu wa gatandatu tariki 28 Ukwakira 2017 agamije gusimbura inzego zibanze zituzuye, abaturage mu Kagari ka Kigese mu mudugudu wa Rugarama bashyize mu majwi ubuyobozi bw’umurenge, akagari hamwe n’abashinzwe kuyobora...
Read More
Kamonyi-Kagina: Umugabo ateye mugenzi we icyuma mu mara
Mu mudugudu wa Kigusa, Akagari ka Kagina mu murenge wa Runda, Umugabo witwa Simacye Jean Claude ateye icyuma mu mara mugenzi we bbivugwa ko banafitanye amasano. Ahagana ku i saa kumi nimwe zishyira saa...
Read More
Nyanza-Nyagisozi:Inka 2 n’intama 3 z’umuturage zari zifunzwe zarekuwe
Hifashishijwe abana ndetse n’umu DASSO, inka ebyiri n’intama eshatu z’umuturage witwa Ladislas Hakizimana zari zimaze igihe zifungiye ku biro by’Umurenge wa Nyagisozi zarekuwe zijyanwa iwe atabizi ku mugoroba w’uyu wa gatanu tariki 27 Ukwakira...
Read More
Nyanza-Nyagisozi: Gitifu w’Umurenge arashinjwa kurenganya no guhohotera abaturage
Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’Umurenge wa Nyagisozi, arashyirwa mu majwi n’abaturage ndetse na bamwe mu bakozi ayobora kubahohotera, kubakubita kugera n’aho bamwe mu baturage batangiye kujya kwishinganisha abandi bakaba bamubona bagahunga. Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’umurenge wa Nyagisozi ho...
Read More
Kamonyi: SACCO Ibonemo Gacurabwenge yahuje abaturage binyuze mu mikino
Mu rwego rwo kwegera abaturage no ku bakangurira kubitsa no kwizigamira, SACCO Ibonemo Gacurabwenge ibinyujije mu mukino w’umupira w’amaguru yahuje abaturage, ibakangurira kugira umuco wo kuzigama no kubitsa, igikorwa cyabereye ku kibuga cya Kamonyi...
Read More
Kamonyi: Ukurikiranyweho kwica umuvandimwe we atawe muri yombi
Umugabo witwa Havugimana Vincent ukurikiranyweho kwica murumuna we akoresheje igice cy’icupa yamuteye mu mutima akamwica, nyuma y’umunsi umwe n’amasaha make ashakishwa, atawe muri yombi muri iki gitondo hafi y’umurenge wa Runda. Havugimana Vincent w’imyaka 42...
Read More
Kamonyi: Ubwicanyi bwa kabiri nyuma y’amasaha macye, umumotari yishe ateye icyuma mugenzi we
Mu kagari ka Kabagesera mu murenge wa Runda, mu ijoro ryakeye umumotari yishe mugenzi we akoresheje icyuma yamuteye mubugabo, uwishe mugenzi we yatawe muri yombi ajyanwa kuri Sitasiyo ya Polisi ya Runda. Umumotari witwa...
Read More
Kamonyi: Arashakishwa bikomeye. Akurikiranyweho kwica umuvandimwe
Uwitwa Havugimana Vincent, nyuma y’uko ku mugoroba wo kuri uyu wa mbere tariki 23 Ukwakira 2017 yishe umuvandimwe we amuteye igice cy’icupa ku mutima agahita apfa, arashakishwa uruhindu ngo agezwe imbere y’ubutabera. Hari amakuru...
Read More
Abagana ivuriro rya Gikondo bishyuzwa ubwiherero
Abarwayi bagana ivuriro rya Gikondo barinubira uburyo bishyuzwa serivisi y’ubwiherero, bavuga ko bituma batanga amafaranga y’inyongera kandi hari n’ayo basabwa kugira ngo bahabwe serivisi z’ubuvuzi. Ibi ngo bikaba bibabangamira mu gihe ubusanzwe amavuriro yakabaye ateganya...
Read More