Umunyamabanga wa Leta ushinzwe itegeko Nshinga n’andi mategeko muri Minisiteri y’ubutabera, Me Evode Uwizeyimana ubwo yari imbere y’inteko ishinga amategeko asobanura iby’umushinga w’amategeko ahana ibyaha, yagaragaje ko gusebanya byashyirwa mu byaha bijyanwa mu nkiko...
Read More