Kuri uyu wa kane, nibwo urukiko Rukuru rwa Kenya rwahagaritse icyifuzo icyo ari cyo cyose cyo gusesa inteko ishinga amategeko nyuma y’uko umucamanza mukuru w’iki gihugu avugiye ko inteko ishinga amategeko igomba kuba ifite...
Read More
Namibia ikeneye miliyoni 1.8 z’amadolari yo kurwanya icyorezo cy’inzige
kuwa kane tariki ya 24 Nzeri 2020, Minisitiri w’ubuhinzi, Calle Schlettwein, yatangaje ko Namibia ikeneye amafaranga agera kuri miliyoni 30 z’amadolari ya Namibia (miliyoni 1.8 y’amadolari y’Amerika) kugira ngo bahangane n’icyorezo cy’inzige mu karere...
Read More
Ghana iri gutekereza icyiciro cya kabiri cyo kwandika abatora mu matora rusange
Ku wa kane tariki ya 24 Nzeri 2020, komisiyo ishinzwe amatora (EC) yo muri Ghana yasuzumye icyiciro cya kabiri cyo kwandika abatora mu matsinda yihariye mbere y’amatora rusange azaba mu Kuboza uyu mwaka wa...
Read More
Kamonyi: Ni byiza ko abana babona aho bicara biga, ariko kwiga badakina nta musaruro twazabavanaho-Min Mimosa
Munyangaju Aurore Mimosa, Minisitiri wa Siporo akaba ari nawe Mboni y’akarere ka Kamonyi, kuri uyu wa 24 Nzeri 2020 yasuye zimwe muri site zubakwaho ibyumba by’amashuri mu mirenge ya Gacurabwenge, Nyamiyaga na Mugina. Ni...
Read More
Perezida Donald Trump, ntakozwa ibyo gutanga ubutegetsi mu mahoro mu gihe yatsindwa amatora
Perezida Trump wa Leta Zunze Ubumwe z’Amerika, yanze kwiyemeza kuzahererekanya ubutegetsi mu mahoro mu gihe yaramuka atsinzwe amatora ya Perezida yo mu kwezi kwa cumi na kumwe uyu mwaka wa 2020. Mu kiganiro n’abanyamakuru...
Read More
Nubwo umuti wari ushaririye ariko wari ngombwa-Munyakazi Sadate
Komite ya Rayon yari iyobowe na Munyakazi Sadate kuri uyu wa kane tariki ya 24 Nzeri 2020, yakoze ihererekanya bubasha na komite y’inzibacyuho iyobowe na Murenzi Abdallah. Ni komite yashyizweho n’ikigo cy’Igihugu cy’imiyoborere-RGB, ikaba...
Read More
Ibitaro byo mu Rwanda byabonye inkunga y’Ambulance 40 zavuye mu Bubiligi
Kuri uyu wa kane, tariki ya 24 Nzeri 2020, Guverinoma y’u Rwanda yakiriye ambulanse 40 zose zavuye mu Bwami bw’Ububiligi mu rwego rwo kugabanya serivisi z’ubuvuzi muri iki gihugu. Minisitiri w’ubuzima Dr. Daniel Ngamije...
Read More
Nyamagabe: Umuturage yagabiwe inka yishimwe nyuma yo gufata ifumberi aho kuyica akayitabariza
Kuri uyu wa kane tariki ya 24 Nzeri 2020, nibwo mu Murenge wa Buruhukiro Umudugudu wa Kagano, Akagali Kizimyamuriro, mu Karere ka Nyamagabe Umuturage witwa Nzamuturimana Innocent yahawe inka yishimwe nyuma yo kubona inyamaswa...
Read More
Itariki nshya ya Commonwealth(CHOGM) izabera mu Rwanda yatangajwe
Kuri uyu wa gatatu tariki ya 23 Nzeri 2020 Perezida w’u Rwanda Paul Kagame n’Umunyamabanga mukuru wa Commonwealth, Rt Hon Patricia Scotland, batangaje umunsi mushya w’inama y’abakuru b’ibihugu bigize Umuryango wa Commonwealth (CHOGM) yagombaga...
Read More
Kamonyi/Kayumbu: Umugore yacakiye ubugabo-amabya y’umugabo we ayashinga amenyo
Umugabo n’umugore bari bashyamiranye ndetse bakaza kurwana mu Mudugudu wa Nyarugenge, Akagari ka Busoro, Umurenge wa Kayumbu, Akarere ka Kamonyi, umugore yabonye bikomeye asingira ubugabo-amabya y’umugabo ayatera amenyo, aramukomeretsa. Intandaro y’ibyabaye ishingiye ku makimbirane...
Read More