Filippo Grandi ukuriye ishami ry’umuryango w’abibumbye ryita ku mpunzi-UNHCR, kuri uyu wa 27 Mata 2021 yagiye i Burundi aho yambutse umupaka w’u Rwanda n’u Burundi ari kumwe n’impunzi z’Abarundi zitahutse. Bwana Grandi amaze iminsi...
Read More
Kamonyi-Mugina: Impuhwe bagiriye abibye SACCO zibagejeje mu kwisobanura mu manza
Abakozi batatu bakoreraga ikigo cy’imari cya SACCO Mugina mu karere ka Kamonyi, bahagaritswe ndetse birukanwa mu kazi bazizwa kwiba amafaranga abarirwa muri Miliyoni hafi enye. Ubuyobozi bwa SACCO aho kubashyikiriza RIB, bahisemo kubyumvikanaho, bamwe...
Read More
Uruganda rwa AstraZeneca rwarezwe mu nkiko kubwo gutindana inkingo
Umuryango w’Ubumwe bw’Uburayi (EU/UE) watanze ikirego mu rukiko urega uruganda rwa AstraZeneca rukora inkingo za coronavirus. Rurashinjwa Akanama k’Uburayi, ishami ry’ubutegetsi rya EU, kavuze ko kareze AstraZeneca kubera kutubahiriza ibyo iyi kompanyi yiyemeje muri...
Read More
Abarwayi 82 ba Covid-19 bishwe n’inkongi y’umuriro mu bitaro I Baghdad
Abantu batari munsi ya 82 biciwe mu muriro wadutse ku bitaro bivura abarwaye coronavirus mu murwa mukuru Baghdad wa Iraq. Abandi barenga 100 bakomerekeye muri uwo muriro, wadutse ku bitaro bya Ibn Khatib mu...
Read More
Ingabo z’Igihugu zasubiranyemo zipfa Manda ya Perezida muri Somalia
Imirwano yatangiye kuri iki cyumweru tariki 25 Mata 2021 mu murwa mukuru Mogadishu, hagati y’ibice byacitse mu bashinzwe umutekano n’ingabo. Amakuru aravuga ko humvikanye urusaku rw’imbunda ziremereye zarasirwaga hafi y’urugo rwa perezida. Imwe mu...
Read More
Kamonyi: Ni gute ukekwaho kunyereza umutungo wa Leta muri Lisiti za baringa yatorotse RIB na Polisi?
Harakemangwa uburyo umwe mu bantu bafashwe bakekwaho kunyereza umutungo wa Leta binyuze muri Lisiti za baringa mu byumba by’amashuri byubakwaga mu Murenge wa Nyamiyaga yatorotse Polisi na RIB mu kigo kirinzwe, mu gihe yari...
Read More
Inyama y’ikinyamujonjorerwa i Musanze iragurwa n’ufite ikofi irimo agatubutse
Aka kaboga kadakunze kuvugwa mu nyama ziribwa mu Rwanda, kamuritswe bwa mbere mu mujyi wa Musanze muri Hotel izwi nka Centre Pastoral Notre Dame de Fatima. Abatinyutse kurya bwa mbere kuri Brochette y’inyama y’ikinyamujonjorerwa-Ikinyamushongo(...
Read More
Perezida Ndayishimiye w’u Burundi yibukije Igisirikre kuba maso, ko umwanzi atari kure
Evariste Ndayishimiye, Perezida w’u Burundi ubwo yatangizaga umwaka w’ishuri ry’Igisirikare-ISCAM kuri uyu wa Gatanu ushize, yahamagariye abasirikare bose kuba maso muri iyi minsi no kwitegura kurwanya umwanzi aho yava hose. Yababwiye ko umwanzi atari...
Read More
Kamonyi-Runda: Barinubira ibura rya hato na hato ry’umuriro w’amashanyarazi, bafite ubwoba
Mu bice bitandukanye by’Umurenge wa Runda, hashize iminsi haboneka ibura ry’umuriro w’amashanyarazi ku buryo hari ubwo umuriro ushobora kugenda ugaruka inshuro zirenga 10. Iri cikagurika ry’umuriro bamwe bariheraho bavuga ko ariryo ntandaro y’inkongi zimaze...
Read More
Kigali: Umuraperi Jay Polly muri 12 bafatiwe mu birori byarimo urumogi n’imiti itera ubushyuhe mu mubiri
Polisi y’u Rwanda mu gitondo cyo kuri iki cyumweru tariki 25 Mata 2021, yerekanye abantu 12 barimo umuraperi Tuyishime Joshua( uzwi nka Jay Polly), barenze ku mabwiriza yo kwirinda Covid-19. Bari mu birori i...
Read More