Dr Nahayo Sylvere, Umuyobozi w’Akarere ka Kamonyi mu ihererekanyabubasha hagati ya Gitifu w’Umurenge wa Runda wasimbuwe n’uwakoreraga mu Murenge wa Mugina, yavuze ko impinduka zakozwe( Mutation) bimura aba bayobozi kimwe n’abandi, ko byakozwe hagamijwe...
Read More
Amajyepfo: Ibyumba by’Amashuri byubatswe byagabanyije ubucucike n’ingendo ariko hari abagikora ingendo ndende
Bamwe mu babyeyi n’abanyeshuri barashimira Leta yabegereje amashuri biciye mu iyubakwa ry’Ibyumba bishya ndetse bikaba byaragabanyije ingendo abana babo bakoraga, ariko bakagaragaza ko hari bamwe bagikora ingendo ndende bajya gushaka amashami yo kwigamo. Uwineza...
Read More
Ngororero: Ntawe ukwiye gukorera mu “bwajaba” mu gihe afasha abaturage-Guverineri Habitegeko
Guverineri w’intara y’Uburengerazuba, Habitegeko François aributsa abafatanyabikorwa mu iterambere ry’akarere ka Ngororero kudakorera mu “ubwajaba” mu gihe baje gukorera abaturage kuko bituma bita kuri bacye kandi hari benshi bakeneye ubufasha, bityo bigatuma imibare ijyanye...
Read More
Kamonyi-Mugina: DASSO wakekwagaho kurya Mituweli z’Abaturage yatorotse ibitaro
Mbarushimana Fideli, DASSO wo mu kagari ka Mugina, Umurenge wa Mugina ho mu karere ka Kamonyi wakekwagaho kurya amafaranga asaga ibihumbi magana abiri(200,000Fr) bya Mituweli z’Abaturage, yatorotse ibitaro mu gitondo cyo kuri uyu wa...
Read More
Kamonyi-Mugina: DASSO uvugwaho kurya amafaranga ya Mituweli z’abaturage yatawe muri yombi
Ibihumbi bitari munsi ya 200 by’amafaranga y’u Rwanda yari yatanzwe nk’aya Mituweli z’Abaturage, niyo bivugwa ko yariwe na DASSO Mbarushimana Fideli wo mu Kagari ka Mugina, Umurenge wa Mugina ho mu karere ka Kamonyi....
Read More
Muhanga: Uruganda Anjia ruzakora Sima rugiye gukura mu bushomeri abasaga 1200
Ju Jian Feng, Umuyobozi wungirije w’Uruganda Anjia Prefabricated construction rurimo kubakwa mu cyanya cy’Inganda cya Muhanga, yabwiye abasenateri ko uru ruganda ruteganya gutanga akazi abaturage basaga 1200. Yabijeje kandi ko mu ntangiriro za Gashyantare...
Read More
Ruhango: Amarushanwa mu mikino itandukanye yateguwe na RPF-Inkotanyi yasojwe, abahize abandi batwara ibihembo
Nyuma y’aho horohejwe ingamba zo guhangana n’icyorezo cya COVID-19 yari yaratumye ibikorwa bihuza abantu benshi bihagarara, abanyamuryango ba FPR-Inkotanyi mu murenge wa Ruhango babyukije bimwe mu bikorwa bifasha abaturage guhangana n’ibibazo bibangamiye imibereho mibi,...
Read More
Inteko ishinga amategeko ya Amerika yasabye ko Rusesabagina arekurwa“aka kanya”
Inteko ishingamategeko ya Amerika, umutwe w’abadepite, kuri uyu wa Kane tariki 14 Kamena 2022 yemeje umwanzuro wo gusaba Leta y’u Rwanda “kurekura aka kanya” Paul Rusesabagina ku “impamvu za ubumuntu”. Ni mu gihe umwaka...
Read More
Muhanga: Ni inde uzabazwa iyangirika ry’Ibidukikije mu bucukuzi butemewe bukorerwa ku musozi wa Mushubati
Hashize Igihe kirekire, uko abayobozi basimburana ku buyobozi bw’Akarere babwirwa ko bimwe mu bice by’umusozi wa Mushubati biherereye mu mirenge ya Nyamabuye, Nyarusange na Muhanga hakorerwa ubucukuzi butemewe kandi bwangiza ibidukikije ku buryo bigaragarira...
Read More
Kwagura imbibi mu bikorwa n’ibikoresho byabagize Abafundi b’Abanyakuri kandi b’Umwuga( Truth Masons Company Ltd)
Ntabwo ikitwa Kimisagara Polytechnician Association-K.P.A, yahinduye izina, yagura imbibi mu mikorere, ibikorwa ndetse n’ibikoresho bigendanye n’igihe, yitwa“Abafundi b’Abanyakuri”( Truth Masons Company Ltd). Ku bijyanye n’Ubwubatsi n’ibijyanye nabwo birimo Gukata ibibanza, Gukora ibishushanyo mbonera by’imiturire,...
Read More