Umunyarwanda Laurent Bucyibaruta w’imyaka 78 y’amavuko wabaye Perefe wa Perefegitura ya Gikongoro kugera mu gihe cya Jenoside yakorewe Abatutsi, kuri uyu wa 12 Nyakanga 2022 nibwo urukiko rwa rubanda i Paris mu Gihugu cy’u...
Read More
Ruhango: Uzamukunda arashimira FPR-Inkotanyi yamurinze gusembera no kurarana n’amatungo
Umuturage witwa Uzamukunda Assia, arashimira Umuryango FPR-Inkotanyi wamurinze gukomeza gusembera atagira aho aba, akubakirwa inzu ndetse n’inka yahawe ikubakirwa ikiraro. Akomeza abandi bafite ibibazo nk’ibyo yari afite abasaba kutiheba, ko kandi yizeye ko uyu...
Read More
Nyanza: Meya Ntazinda yanyomoje amakuru y’abavuga ko Igitaramo”I Nyanza Twataramye” kitazongera kubaho
Umuyobozi w’Akarere ka Nyanza, Ntazinda Erasme aranyomoza amakuru yagiye yumvikana hirya no hino ko igitaramo cyajyaga gitegurwa n’aka karere” I Nyanza Twataramye” kitazongera kubaho. Yemeza ko kizaba, kandi ko ku wa kane wa mbere...
Read More
Nyanza: Sitade Perezida Kagame yemeye igiye gutangira kubakwa na Miliyari 146
Umuyobozi w’Akarere ka Nyanza, Ntazinda Erasme aremeza ko imirimo yo gutangira kubaka stade Olympic bemerewe na Perezida wa Repuburika y’u Rwanda, Kagame Paul igiye gutangira ndetse ikajyana n’ibindi bikorwa bizaba biyigaragiye. Ibyo byose bizashyirwa...
Read More
Nyanza: Inzu yakoreragamo Urukiko rw’Umwami igiye kugirwa inzu ntangamakuru ku bukerarugendo
Ku cyicaro cy’Akarere ka Nyanza kuri uyu wa 07 Nyakanga 2022, mu kiganiro n’itangazamakuru, Umuyobozi w’Akarere ka Nyanza, Ntazinda Erasme yavuze ko inzu yahoze ikoreramo Urukiko rw’Umwami igiye gushyirwamo amakuru azajya yifashishwa n’abazajya bagenderera...
Read More
Kamonyi-Musambira: Gitifu yagiye kubakira utishoboye ahafatira Nyiri urugo wagurishije amabati yahawe
Yitwa Bizimungu Asiyeli, atuye mu Mudugudu wa Rugarama, Akagari ka Cyambwe, Umurenge wa Musambira ho mu karere ka Kamonyi. Mu buryo butunguranye, yatawe muri yombi na Mukantaganda Rachel, Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’Akagari ka Cyambwe, Umurenge...
Read More
Kamonyi-Kwibohora28: Kubohora Igihugu, niwo musanzu ukomeye Igihugu cyari gikene…-Visi Meya Niyongira Uzziel
Kuri uyu wa 04 Nyakanga 2022, Umunsi wo Kwibohora ku nshuro ya 28, Ubuyobozi bw’Akarere ka Kamonyi, Abafatanyabikorwa, Abaturage n’Ubuyobozi mu Murenge wa Runda, babwiwe ko icyo Ingabo zari iza FPR-Inkotanyi zakoze mu kubohora...
Read More
Muhanga: Hatowe ingengo y’imari ya Miliyari 28
Inama Njyanama y’Akarere ka Muhanga, yamurikiwe ingengo y’Imari izakoreshwa mu mwaka wa 2022-2023. Muri iyi ngengo y’imari, hazubakwa imihanda mishya ya Kaburimbo ndetse n’Ibiro by’Umurenge wa Nyamabuye byagenewe amafaranga asaga Miliyoni 260. Ni ibiro...
Read More
Muhanga: Meya Kayitare yibaza impamvu Mudugudu atagaragaza amavomero n’amavuriro bidakora
Umuyobozi w’Akarere ka Muhanga, Kayitare Jacqueline aherutse kubaza abakuru b’imidugudu impamvu batagaragaza ibibazo by’abaturage bibangamiye imibereho myiza yabo. Yatanze urugero rw’uko hari aho inzego zitandukanye ziherutse kujya zisanga hari amavomero n’amavuriro (Poste de Sante)...
Read More
Muhanga: Kwibohora bizananye no gufungura agace ko kwidagaduriramo( Car Free Zone) mu muhanda Imbere ya Gare
Umuhanda uri imbere ya Gare ya muhanga, kuri uyu wa 01 Nyakanga 2022 wafunzwe, nta kinyabiziga cyemerewe kuhanyura kuko hahariwe abidagadura ( Car Free Zone). Umuyobozi w’Akarere ka Muhanga wungirije ushinzwe imibereho myiza y’Abaturage,...
Read More