Ubutaka n’imyaka iburiho by’Umuturage witwa Rudasingwa Leonidas utuye mu Mudugudu wa Kiranzi, Akagari ka Kidahwe, Umurenge wa Nyamiyaga , Akarere ka Kamonyi byangijwe n’ababyigabije, banyuzamo itiyo y’amazi, bacukura aho bashyira ikigega cy’amazi ntacyo abizi...
Read More
Kamonyi-Kayumbu: Abakekwaho urupfu rw’Umugabo w’imyaka 63 batawe muri yombi
Twagirimana Celestin wari utuye mu Mudugudu wa nyabuhoro, Akagari ka Busoro, Umurenge wa Kayumbu, Akarere ka Kamonyi, kuri uyu wa 28 Nzeri 2022, ahagana ku i saa yine za mugitondo, umurambo we wasanzwe mu...
Read More
Muhanga: Meya Kayitare yikoze ku mufuka agoboka umuturage wari ugiye guterezwa cyamunara
Umuyobozi w’Akarere ka Muhanga, Kayitare Jacqueline yikoze mu mufuka yishyurira Murekasenge Denise amafaranga ibihumbi 100 kugirango harangizwe ideni yarabereyemo uwamucumbikiye ntabashe kumwishyura ubukode bw’inzu. Ibi byakozwe nyuma yuko Murekasenge utuye mu murenge wa Shyogwe...
Read More
Muhanga: Ubutaka busharira, ibura ry’ifumbire y’imborera bishobora gutuma umusaruro ugabanuka
Bamwe mu bahinzi bibumbiye muri Koperative y’Iterambere ry’abahinzi borozi ba Ndiza (COAIBINDI) barasaba ubuyobozi bw’akarere ka Muhanga kubafasha kubona ishwagara yo kugabanya ubusharire bw’ubutaka bahingaho. Barasaba kandi kubona aho bakura ifumbire y’imborera kuko ibi...
Read More
Nyanza-Gikundiro ku Ivuko: Perezida wa Rayon Sports, arasaba abakunzi n’abafana kwitabira gahunda za Leta
Perezida w’Umuryango wa Rayon Sports, Uwayezu Jean Fidele arashishikariza abakunzi n’abafana b’ibikorwa by’Uyu muryango kwitabira gahunda za Leta kuko aribyo bituma bakomeza kuba abanyarwanda beza bafasha igihugu cyabo kugera ku iterambere. Ibi, Uwayezu yabigarutseho...
Read More
Kamonyi: Amashuri ni kimwe mu bishobora gukiza ubuzererezi umuryango Nyarwanda-Guverineri Kayitesi
“Ishuri ni ku wa mbere, si ku wa Kabiri cyangwa ku wa Gatatu”. Imvugo ya Guverineri Kayitesi Alice, Umuyobozi w’Intara y’Amajyepfo, akangurira ababyeyi, Abarezi ndetse n’Abana kwibuka ko itangira ry’ishuri ari ku wa mbere...
Read More
Kamonyi: Ibyakabaye ifumbire y’imborera yunganira imvaruganda bigirwa umwanda-Guverineri Kayitesi
Mu gishanga cya Ruboroga gihuriweho n’Imirenge itatu ariyo; Mugina, Rugalika na Nyamiyaga kuri uyu wa 20 Nzeri 2022 hatangirijwe igihembwe cya mbere cy’ihinga cya 2022-2023. Guverineri w’Intara y’Amajyepfo, Kayitesi Alice yabwiye abahinzi ko ifumbire...
Read More
Muhanga: RCA yavuze impamvu yatsinzwe n’intego y’ishyirwaho rya Koperative imwe muri buri mudugudu
Ikigo gifite amakoperative mu nshingano zacyo-RCA, kimaze imyaka ibiri gikuwe i Kigali gishyirwa mu mujyi wa Muhanga. Intego bari bihaye yo gutangiza nibura Koperative imwe kuri buri Mudugudu barayitsinzwe. Ubusobanuro batanga ni uko ngo...
Read More
Kamonyi: Umugabo yaburiwe irengero nyuma yo gukekwaho kwica umugore we amuteye ibyuma
Yitwa Turikumana Mathias, umugabo wo mukigero cy’imyaka 40 y’amavuko. Arakekwaho kwica akoresheje icyuma, umugore we witwa Niyigena Francine uri mu kugero cy’imyaka 35 y’amavuko, wari utuye mu Mudugudu wa Ikibanza, Akagari ka Gihira, umurenge...
Read More
Muhanga: RIB n’Ubuyobozi bw’Akarere bagaruje inzu y’umuturage yari igiye gutezwa cyamunara
Umuturage witwa Murekasenge Denise, utuye mu karere ka Muhanga, Umurenge wa Shyogwe, Akagali ka Mubuga, Umudugudu wa Mapfundo ari mu byishimo nyuma yo guhabwa ihumure n’ubuyobozi ko inzu ye yarigiye gutezwa cyamunara itakibaye. Yari...
Read More