Mu nteko y’Abaturage yo kuri uyu wa 31 Ukwakira 2023 yahuje abaturage b’Umurenge wa Mugina na Nyamiyaga mu isantere y’ubucuruzi ya Mukunguri, Nsengiyumva Pierre Celestin uyobora Umurenge wa Mugina yabwiye abayitabiriye kuzirikana ko Ubuzima...
Read More
Ihohoterwa rishingiye ku gitsina n’irikorerwa abana rishobora guhinduka amateka-Dr Murangira B. Thierry
Umuvugizi w’Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha-RIB, Dr Murangira B. Thierry avuga ko umunsi abayobozi b’inzego z’ibanze bahuguwe bakamenya ihohoterwa rishingiye ku gitsina n’irikorerwa abana iryo ari ryo ndetse bakagira uruhare rugaragara mu kurirwanya, rishobora kuzahinduka Amateka....
Read More
Rukoma: Ukekwaho kwica Mukarusi Rozariya w’imyaka 69 yarashwe mu kico mu rukerera
Mu rukerera rwo kuri uyu wa 28 Ukwakira 2023, mu Muduguru wa Kigarama, Akagari ka Remera, Umurenge wa Rukoma ho mu Karere ka Kamonyi, Polisi yarashe umusore w’imyaka 28 y’amavuko ahita apfa. Yitwa Ndahimana...
Read More
Kamonyi-Gacurabwenge: RIB yasabye inzego z’ibanze kuvana amarangamutima ku byaha by’ihohoterwa rishingiye ku gitsina n’irikorerwa abana
Mu mahugurwa y’umunsi umwe Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha-RIB rwahaye abayobozi batandukanye bo mu nzego z’ibanze mu Murenge wa Gacurabwenge, Akarere ka Kamonyi kuri uyu wa 25 Ukwakira 2023, yabibukije inshingano bafite mu kubungabunga umuryango Nyarwanda,...
Read More
Kamonyi-Rukoma: RIB yatanze ubutumwa k’uwo ariwe wese ukibarizwa mu ihohotera rishingiye ku Gitsina n’irikorerwa Abana
Abagize inzego z’ibanze na bamwe mu bafite aho bahuriye no kwita ku bibazo bitandukanye mu muryango mu Murenge wa Rukoma, Akarere ka Kamonyi kuri uyu wa 23 Ukwakira 2023 bahuguwe n’Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha-RIB ku...
Read More
Ruhango: Basabwe kurinda abahohotewe no kwirinda gukingira ikibaba abakora ihohoterwa
Nyuma y’Ubukangurambaga bw’Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha-RIB ku ruhare rw’Abayobozi b’Inzego z’Ibanze mu kurwanya ibyaha by’ihohoterwa rishingiye ku gitsina n’irikorerwa abana, bamwe mu bakuru b’Imidugudu yo mu mirenge ya Byimana na Mwendo, biyemeje ko bagiye kugira...
Read More
Kamonyi-Rukoma: Umukecuru w’imyaka 69 yishwe, DASSO ategwa n’amabandi aramukomeretsa
Mukarusi Rozariya, ku myaka 69 y’amavuko yishwe n’abagizi ba nabi bataramenyekana mu Mudugudu wa Kigarama, Akagari ka Remera, Umurenge wa Rukoma ho mu karere ka Kamonyi. Muri iri joro kandi, DASSO muri aka kagari...
Read More
JENOSIDE: Twahirwa wahakanye ko ntaho ahuriye n’interahamwe, yanyomojwe n’uwari umugore we
Kuri uyu wa 17 Ukwakira 2023 mu rukiko rwa Rubanda i Buruseli mu Gihugu cy’u Bubiligi, ku munsi wa Gatandatu w’Urubanza ruregwamo Abanyarwanda babiri; Basabose Pierre na Twahirwa Séraphin ku byaha bya Jenoside yakorewe...
Read More
JENOSIDE: Basabose Pierre uvugwa kuba umunyamigabane ukomeye muri RTLM yavuze ko n’iyo Radio atayizi
Kuri uyu wa 12 Ukwakira 2023, umunsi wa Gatatu w’urubanza ruregwamo Abanyarwanda babiri; Basabose Pierre na Twahirwa Séraphin bakurikiranyweho ibyaha bya Jenoside yakorewe Abatutsi mu Rwanda mu 1994, aho bari kuburanira mu rukiko rwa...
Read More
JENOSIDE: Kumenyana, Gukorera ibyaha hamwe kwa Basabose na Twahirwa byabaye imvano yo guhuriza hamwe Dosiye yabo
Kuri uyu wa 11 Ukwakira 2023 ari nawo munsi wa kabiri w’urubanza rw’Abanyarwanda babiri; Basabose Pierre na Séraphin Twahirwa bakurikiranyweho ibyaha bya Jenoside yakorewe Abatutsi, ubushinjacyaha bwasobanuye ibyaha bakurikiranyweho, aho bagiye babikorera, bumwe mu...
Read More