Ahagana ku i saa mbiri z’iki gitondo cyo ku wa 31 Mutarama 2024, mu Mudugudu wa Nzagwa, Akagari ka Nyarubuye, Umurenge wa Rugalika ho mu Karere ka Kamonyi abagabo babiri bagwiriwe n’ikirombe gicukurwamo amabuye...
Read More
Kamonyi: Abakekwaho ubujura bw’Inka bakazica rubi bahizwe bukware muri Operasiyo idasanzwe
Polisi y’u Rwanda ikorera mu Karere ka Kamonyi kuva ku wa 25 Ukuboza 2023 na mbere yaho gato, yahagurukiye ikibazo cy’ubujura bukabije bw’Inka mu karere kose, ikora umukwabu udasanzwe( Operasiyo) wasize abasaga 40 barimo...
Read More
Umuririmbyi w’indirimbo zo guhimbaza Imana akurikiranyweho kwicisha umukunzi we
Urukiko muri Afurika y’Epfo rwatangaje ko umuririmbyi w’indirimbo zo guhimbaza Imana witwa Kelly Khumalo yategetse iyicwa ry’uwari umukunzi we, wamenyekanye cyane mu mupira w’amaguru, Senzo Meyiwa. Meyiwa yararashwe mu gihe yarimo agerageza gutabara Khumalo...
Read More
Abasirikare ba M23 barimo umuvugizi wayo Maj. Willy Ngoma bazamuwe mu mapeti
Perezida w’uyu mutwe, Bertrand Bisimwa, mu itangazo ryasohowe na M23 rigaragaza ko yazamuye mu ntera abasirikare barimo aba Offisiye bakuru 9. Abo barimo; Colonel Gacheri Musanga Justin yazamuwe ku ipeti rya Brigadier Général, Lieutenant...
Read More
Tuzarwana nk’abadafite icyo batakaza kandi hari uzishyura ikiguzi atari twe-Perezida Kagame
Atangiza inama y’Igihugu y’Umushyikirano ku nshuro ya 19, Perezida wa Repubulika y’u Rwanda, Kagame Paul yahaye gasopo uwo ariwe wese watekereza gushoza intambara k’u Rwanda, arushora mu mateka asharira rwanyuzemo, yiteguye kwivuna umwanzi akarwana...
Read More
U Rwanda rwiteguye gusubiza Ubwongereza amamiliyoni yabwo
Perezida wa Repubulika y’u Rwanda, Kagame Paul yavuze ko yiteguye gusubiza Ubwongereza amamiliyoni y’amadolari u Rwanda rwahawe mu gihe imanza zo kwanga amasezerano yo kohereza abimukira mu Rwanda zakomeza. Leta y’Ubwongereza yahaye u Rwanda...
Read More
Kamonyi: Fr. Ramon KabugaT.S.S yakundishije benshi TVET binyuze mu imurikabikorwa-Open day
Mu ishuri rya Fr. Ramon Kabuga T.S.S riherereye mu Murenge wa Ngamba, Akarere ka Kamonyi ryigisha Tekinike, imyuga n’Ubumenyi ngiro, kuri uyu wa 16 Mutarama 2024 mu mateka bakoze imurikabikorwa( Open day). Hari hagamijwe...
Read More
Kamonyi: Umuhanda Rugobagoba Mukunguri wari waraciye benshi mu mayaga wasinyiwe gukorwa
Abatari bake mu banyamayaga by’umwihariko abafite ibinyabiziga(imodoka), bamwe bari barahisemo kubihungisha abandi baraparika bitewe n’ububi bw’umuhanda wangiritse. Hari na bamwe mu bajyaga muri iki gice cy’amayaga bafite imodoka ntoya bakazisiga Rugobagoba bagatega Moto. Akarere...
Read More
Igisirikare cy’u Rwanda-RDF cyatangaje ko kishe kirashe umwe mu basirikare batatu ba DR Congo
Itangazo rya Minisiteri y’ingabo z’u Rwanda ryo kuri uyu wa 16 Mutarama 2024, rivuga neza ko abasirikare batatu ba DR Congo barenze umupaka bakavogera ubutaka bw’u Rwanda. Umwe muri aba yarashwe n’ingabo z’u Rwanda...
Read More
Perezida wa Rayon Sports, Rtd Capt Jean Fidèle Uwayezu yateguje urupfu umufana wahirahira amukubita
Mu kiganiro n’itangazamakuru kuri uyu wa 15 Mutarama 2024, Rtd Capt Jean Fidèle Uwayezu, yaburiye abafana b’ikipe ya Rayon Sports abereye Perezida ko uwahirahira amukubita yakwisanga muri Morgue( mu buruhukiro), ari umupfu wo gushyingurwa....
Read More