Umuyobozi w’ishyirahamwe ry’umukino wa Rugby mu Rwanda, Kamanda Tharcisse avuga ko babonye umuterankunga uzabafasha kubaka ikibuga cyo gukiniraho imikino ya Rugby, ko ndetse ibisabwa byose bimaze kuboneka ku kigero cya 80% birmo n’ubutaka bwo...
Read More
Senegal: Sadio Mane yitiriwe ikibuga cy’umupira w’amaguru
Sadio Mané, umukinnyi wabigize umwuga mu mupira w’amaguru, aho akinira ikipe ya Liverpool yo mu Bwongereza n’ikipe y’Iguhugu cye cya Senegal( Lions de la Teranga), yamaze kubona ikibuga cy’umupira w’amaguru cyamwitiriwe mu gihugu cye....
Read More
Kamonyi: Hatangijwe imikino mu mashuri, basabwa ko Siporo iba umuco, banahabwa umukoro
Kuri iki cyumweru tariki 05 Ukuboza 2021 mu karere ka Kamonyi hatangijwe imikino mu mashuri ku rwego rw’Intara y’Amajyepfo. Abayitabiriye by’umwihariko abanyeshuri, basabwe kuyigira umuco. Bakanguriwe kandi kwamagana inda ziterwa abangavu n’ihohoterwa iryo ariryo...
Read More
Zimbabwe: Umuteramakofe yishwe n’ikofe yatewe
Ibibazo ni byinshi ku bijyanye n’uburyo umutekano ucunzwe mu mukino wo guterana ingumu/amakofe (boxe) muri Zimbabwe nyuma y’aho umukinnyi wayo witwa Taurai Zimunya apfiriye kubera ingumu/ikofe yatewe mu mukino waberaga i Harare mu murwa...
Read More
Umutoza Mikel Arteta wa Arsenal aravuga ko ikipe iri mu bihe bigoye kandi bitigeze bibaho
Arsenal iri “mu bihe bigoye kandi bitigeze bibaho mbere” nyuma yo guca umuhigo wo gutangira nabi shampiyona, nkuko bivugwa n’umutoza wayo Mikel Arteta. Ni nyuma yo gutsindwa umukino wa kabiri wa shampiyona y’Ubwongereza. Nyuma...
Read More
TOKYO 2020: Umunya-Sudani nawe yanze gukina Judo n’Umunya-Israel
Umukinnyi Mohamed Abdalrasool wa Judo w’Igihugu cya Sudan yikuye mu mikino Olempike ya Tokyo 2020 nyuma yo kwanga gukirana n’uwo muri Israel witwa Tohar Butbul. Intandaro ni ikibazo cya Palestina. Mohamed Abdalrasool mu kiciro...
Read More
Kamonyi- Nyarubaka: Barimo kwiyubakira ibibuga by’imikino irimo n’iyo batari bamenyereye
Abaturage bo mu murenge wa Nyarubaka, Akagali ka Nyagishubi baravuga ko bafatanije n’ubuyobozi bwabo barimo gukora ikibuga cy’ahazwi nko mu Rugando, kimaze hafi imyaka 8 kidakoreshwa kubera ibiza byacyangije, bikagisiba. Bari kandi gukora ibindi...
Read More
Muhanga: Ikipe ya As Muhanga iravuga ko yiteguye neza imikino iyitegereje
Umutoza w’Ikipe ya As Muhanga, Nduwantare Ismael aratangaza ko yifuza gukina imikino 2 ya gicuti ndetse bikunze bakaba bayikina hagati ya Kiyovu Sport na Mukura Victory Sport. Yemeza ko bameze neza kandi biteguye guhangana...
Read More
Rtd Brig General Sekamana Yeguye ku buyobozi bwa FERWAFA
Kugicamunsi cy’uyu wa Gatatu Tariki 14 Mata 2021 nibwo hamenyekanye inkuru y’uko Rtd Brig General Sekamana Jean Damascene wayoboraga ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru mu Rwanda(FERWAFA) yeguye. Mu ibaruwa yandikiye abagize inteko rusange y’iri shyirahamwe, yavuze...
Read More
Tchad yahagaritswe na FIFA mu bikorwa byose by’umupira w’amaguru
Ishyirahamwe mpuzamahanga ry’umupira w’amaguru-FIFA, yahagaritse igihugu cya Tchad mu bikorwa byose by’umupira w’amaguru kugeza hatanzwe ubundi butumwa kubera Leta yivanga mu bikorwa by’ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru muri icyo gihugu. Iyo ngingo ifashwe nyuma y’aho Minisitiri...
Read More