Ubumwe bw’abanyafurika , Demokarasi n’imiyoborere myiza bya afurika bizakorwa gusa nabo ubwabo. Aganira n’intyoza.com, Musoni Protais uyobora umuryango ugamije kwimakaza ihame ry’ubunyafurika mu banyarwanda ndetse n’abanyafurika muri rusanjye , avuga ko ubukangurambaga no kwigisha...
Read More
Inzego za leta zirasabwa kunoza imitangire ya serivise ziha abazigana
Transparency international Rwanda irasaba ko Imitangire ya serivise igomba kunozwa kuva mu nzego zibanze kuzamuka. Mukarere ka kamonyi ni hamwe muhakorewe ubushakashatsi aho imitangire ya serivisi byagaragaye ko yasubiye inyuma mu mwaka wa 2015...
Read More
Bamutumye inka y’inkwano ayamburirwa mu nzira
Umusore wari ugiye gukwa umukobwa bazabana yamburiwe inka y’inkwano munzira itageze kwa sebukwe. Umusore Nsengiyumva Pierre aganira n’intyoza.com ubwo yamusangaga kubiro by’akagari ka Gihinga umurenge wa Gacurabwenge mukarere ka Kamonyi hamwe n’abo bafitanye ibibazo...
Read More
Yataye umwana mu musarani nawe bamuta muri yombi
Nyuma y’iminsi irindwi ataye umwana mu musarani nawe yatawe muri yombi ngo abazwe ibyo yakoze. Umubyeyi w’imyaka 34 witwa Munderere Leontine nyuma yo kujugunya mu musarane umwana we yibyariye ubu ari mu maboko y’inzego...
Read More
Imbaraga z’abagore zaremeye umwe muribo utagiraga aho aba
Igikorwa cy’umuganda cyateguwe n’inama y’igihugu y’abagore gisize umwe mubagore yubakiwe inzu yo kubamo. Nyuma yo kubakirwa inzu yo kubamo abikesha umuganda w’abagore kuri uyu wagatandatu taliki ya 24 ukwakira 2015 wateguwe n’inama y’igihugu y’abagore...
Read More
Abashinjwa amafaranga ya VUP i Ngamba bakomeje kwiregura
K’umunsi wabo wa kabiri wo kwiregura abari kwisonga mu baregwa nibo bakomeje kwiregura kubyo bashinjwa. Mazimpaka Egide, Kabanda Thomas nibo bakomeje ku kwiregura ku byaha bashinjwa ko bakoze birimo inyandiko mpimbano , kunyereza umutungo...
Read More
Abaregwa kurya amafaranga ya VUP baburanye mu mizi
Urubanza rw’abashinjwa kunyereza amafaranga ya VUP bo mu murenge wa Ngamba akarere ka Kamonyi rwatangiye mu mizi kuri uyu wa 20 ukwakira 2015 murukiko rwisumbuye rwa Muhanga. Ababuranye kuri uyu munsi ni babiri aribo...
Read More
Kamonyi: Abagana MAJ bafashwa ijana kurindi – Pauline Umwali
Inzu y’ubufasha mu by’amategeko ( MAJ Kamonyi ) yishimira ko ibibazo biyigeraho kugeza ubu bibonerwa ibisubizo kandi byiza. MAJ ni inzu y’ubufasha mu by’amategeko ikaba serivise ya minisiteri y’ubutabera yegerejwe abaturage aho bahabwa ubufasha...
Read More
Kamonyi : Akarere mu nyubako nshya
Nyuma y’igihe akarere ka Kamonyi gakorera mu mazu katijwe n’umurenge wa Rukoma, ubu karakorera mu nyubako nshya y’akarere iri mu murenge wa Gacurabwenge. Inyubako nshya y’akarere yuzuye iri ahitwa Igihinga kumuhanda wa kaburimbo mu...
Read More
Haranira ko ihohoterwa ricika burundu
Jyana nanjye ureba mu mafoto ubwo Minisitiri w’intebe Anastase Murekezi yafunguraga Isange One Stop Center (ikigo cyakira abakorewe ihohoterwa) i Kabgayi hanyuma akanatangiza igikorwa cy’ubukangurambaga ku kurwanya no gukumira ihohoterwa rishingiye kugitsina n’irikorerwa abana...
Read More