Dr Rekeraho Emmanuel umuyobozi akaba na nyirikigo Eden Business center Ltd nyuma y’imyaka ine ashinze iki kigo ubu cyabaye uruganda rukomeye ndetse rutari rumwe kuko ubwacyo kifitemo inganda zisaga esheshatu kandi zose zikorera mu...
Read More
Imishinga 38 muri 239 niyo yahawe inkunga na WDA
WDA ni ikigo cy’igihugu giteza imbere imyuga n’ubumenyingiro , gifasha urubyiruko gitera inkunga imishinga igamije kurufasha no kuruha ubumenyi ariko kikibanda ku mishinga igaragaza udushya hibandwa ku guhangana no guca ikibazo cy’ubushomeri . Mu...
Read More
Kamonyi : Igiceri cy’amafaranga ijana gusa cyatumye bakirigita ama miliyoni
Mugihe benshi barwana no gutangiza ibikorwa bitandukanye bibyara amafaranga bahereye kugishoro gitubutse bibwira ko aribyo byabashoboza gukora igikorwa bashaka ngo baba bibeshya kuko n’igiceri cy’ijana kibasha kubyara miliyoni nyinshi. Mu gikorwa ubuyobozi bw’akarere ka...
Read More