Abayobozi b’uburezi babiri mu karere ka Kayonza barafunze nyuma y’iperereza ryakozwe ku mitangire idahwitse y’akazi k’ubwarimu iherutse gukorwa mu karere. Bizimana Francois Xavier, umuyobozi w’uburezi mu karere na Mugabo Namara Charles ushinzwe amashuri yisumbuye n’ay’ubumenyingiro...
Read More
Gasabo: Abaturage ba Kinyinya batangiye igikorwa cyo kwiyubakira Sitasiyo ya Polisi
Ku bufatanye bw’abaturage, Polisi n’ubuyobozi bw’akarere ka gasabo, abaturage bagera kubihumbi 2000 bo mutugari twa Gacuriro na Kagugu nibo bitabiriye igikorwa cy’umuganda batangiza ku mugaragaro iyubakwa rya Sitasiyo ya polisi. Biciye mu muganda rusange...
Read More
Kamonyi: Akarengane k’abaturage basoreshwa amatungo n’imyaka bagiye mu isoko ntibabona iherezo
Abaturage barema amasoko atandukanye mu karere ka Kamonyi bakomeje gutaka akarengane bagirirwa n’abakozi bashinzwe iby’imisoro aho uzanye itungo cyangwa imyaka mu isoko asabwa gusora mbere yo kwinjira mu isoko. Haba mu isoko rya Bishenyi...
Read More
Kamonyi: Urugaga rw’abagore rushamikiye ku muryango FPR Inkotanyi rurishimira ibyo rugezeho
Mu nteko rusange y’urugaga rw’abagore rushamikiye ku muryango FPR Inkotanyi mu karere ka Kamonyi, abagore barashima intambwe imaze kugerwaho mu guteza umugore imbere, basanga kandi hari byinshi bagomba kugeraho mu gihe kiri imbere. Inteko...
Read More
Polisi y’u Rwanda yerekanye abantu 30 batawe muri yombi bakekwaho guha abapolisi ruswa
Kuri iki cyumweru taliki ya 26 Gashyantare 2017, ku cyicaro gikuru cya Polisi kiri ku Kacyiru, Polisi y’u Rwanda yeretse itangazamakuru abantu 30 bavuye mu Ntara zose n’Umujyi wa Kigali, bakurikiranyweho icyaha cyo guha...
Read More
Kamonyi: Hatunganijwe imihanda y’ahagenewe kubakwa umudugudu w’ikitegererezo
Mu gikorwa cy’umuganda usoza ukwezi kwa gashyantare 2017 ku rwego rw’akarere hatunganijwe imihanda y’ahazubakwa umudugudu w’ikitegererezo wa Mbayaya mu murenge wa Nyamiyaga. Igikorwa cy’umuganda ku rwego rw’akarere cyakozwe mu murenge wa Nyamiyaga mu kagari...
Read More
Kamonyi: Mu gikorwa cy’umuganda, uwacitse ku icumu rya Jenoside utagiraga aho kuba yahawe inzu
Mu gikorwa cy’umuganda usoza ukwezi kwa Gashyantare 2017, mu murenge wa Rukoma haremewe uwacitse ku icumu rya Jenoside yakorewe abatutsi mu 1994 ahabwa inzu yo kubamo ndetse anahabwa ibikoresho n’ibigomba kumutunga. Igikorwa cy’umuganda usoza...
Read More
Uruhinja rw’amezi 8 rwakijije ubuzima bwa Mama warwo
Umugore w’umwongereza w’imyaka 26 y’amavuko yamenye ko arwaye Kanseri y’iberi, amahirwe yo kubimenya hakiri kare ayakesha ibimenyetso by’umwana we w’uruhinja yagaragaje ubwo yangaga konka. Sarah Boyle ku myaka 26 y’amavuko, yabuze amahoro ndetse agera...
Read More
Kamonyi: Abahinzi b’urumogi bakomeje gutabwa muri yombi ku bufatanye bw’abaturage na Polisi
Mu gihe kitagera ku byumweru bibiri mu karere ka Kamonyi hangijwe(hatwikiwe) ibiyobyabwenge bitandukanye byari bifite agaciro gasaga Miliyoni 15 z’amanyarwanda nyuma yo kubyangiza hadaciye amasaha 24 hagafatwa umugore uhinga urumogi, na none nyuma ye...
Read More
Kamonyi: DASSO yafashwe mu mashati n’uwamuhaye ruswa ashaka kubaka inzu
Umuturage wo mu murenge wa Runda akagari ka Gihara yataye ku munigo DASSO amuziza amafaranga yamuhaye ngo amufashe mu kubona ibyangombwa abone uko yubaka inzu birangira bibuze n’aho yubatse irasenywa. Kuri uyu wa gatatu...
Read More