Gen. Kale Kayihura hamwe n’itsinda ayoboye bakiriwe n’umuyobozi mukuru wa Polisi y’u Rwanda IGP Emmanuel k Gasana barebera hamwe aho ubufatanye bugeze mu rwego rwo gushyira mu bikorwa imyanzuro y’inama yabereye I Mbarara mu...
Read More
Guhangana n’ubuhezanguni, imwe mu ngamba yasabwe n’impuguke za EAPCCO
Gushyira hamwe imbaraga mu kurandura ibikorwa by’ubutagondwa, kimwe mu byemezo byafatiwe mu nama yahuzaga impuguke zo mu karere k’ibihugu bihuriye kuri EAPCCO, umuryango uhuje abayobozi ba Polisi zo mu bihugu byo mu burasirazuba. Inama...
Read More
Ishuri rikuru ry’imyuga n’ubumenyingiro rya Gishari (GIP) ryahaye impamyabumenyi imfura zaryo 161
Ku itariki 21 z’uku Kwezi, Ishuri Rikuru ry’Imyuga n’Ubumenyingiro rya Gishari (GIP) ribarizwa mu murenge wa Gishari, ho mu karere ka Rwamagana ryahaye Impamyabumenyi imfura zaryo 161 zarangije amasomo. Abahawe Impamyabumenyi harimo Abapolisi b’u...
Read More
Umugore wa Visi Perezida w’ubuhinde yishimiye imikorere ya Isange One Stop Centre
Salma Ansari, umugore wa Visi Perezida w’Igihugu cy’Ubuhinde yasuye ikigo cya Isange One Stop Centre cya Polisi y’u Rwanda ku Kacyiru ashima imikorere yacyo hamwe n’ibindi bigo mu gufasha abakorewe ihohoterwa rishingiye ku gitsina...
Read More
Gasabo: V/Mayor Mberabahizi mu karere ati” ukuvugira yabanje akivana kuyo aneye koko”
Umuyobozi w’akarere ka Gasabo wungirije ushinzwe iterambere ry’ubukungu, aganiraga n’abaturage b’i Rutunga, yakoresheje imvugo ikarishye yibasira bamwe mu banyamakuru avuga ko batabasha “kwikura kuyo baneye”. Raymond Mberabahizi, umuyobozi w’akarere ka Gasabo wungirije ushinzwe iterambere...
Read More
Moto yibiwe Bugesera nyiri ukuyiba atabwa muri yombi muri Gakenke
Moto yo mu bwoko bwa TVS ifite nimero ziyiranga RAB 632V yibwe mu karere ka Bugesera mu cyumweru gishize yafatanywe uwitwa Nshimiyimana Jean Bosco; uyu mugabo ucyekwaho kuyiba akaba yarafatiwe mu murenge wa Muhondo,...
Read More
Ibintu 5 bidasanzwe usabwa gukora ngo wongere kwigarurira umutima w’umukunzi
Urukundo rwawe rwaba rurimo ikibazo kuburyo ufite impungenge zo kurangira kwarwo, ese rwararangiye, Umukunzi wawe yarakwanze, ibintu byarahindutse ntibikiri nka mbere? dore bimwe mu byagufasha kongera kwigarurira urukundo rwawe. Birababaza ndetse Bikagora kwakira ububabare...
Read More
Kamonyi: Gitifu w’akagari waregwaga kwambura umuturage agahakana byarangiye amwishyuye
Umunyamabanga nshingwabikorwa w’akagari ka Mwirute ho mu murenge wa Rukoma, yamaze kwishyura amafaranga angana n’ibihumbi 134,920 y’u Rwanda yari abereyemo umuturage nubwo yabanje kuyahakana. Mukanyabyenda Justine, umunyamabanga nshingwabikorwa w’akagari ka Mwirute umurenge wa Rukoma...
Read More
Polisi y’u Rwanda iraburira abatanga ruswa ngo bahabwe uruhushya rwo gutwara ibinyabiziga
Polisi y’u Rwanda ikorera mu karere ka Nyanza, kuwa gatatu tariki ya 15 Gashyantare 2017 yafashe umugore ukekwaho kugerageza guha ruswa umupolisi wakoreshaga ibizamini by’impushya zo gutwara ibinyabiziga ngo amufashe kurubona. Uyu mugore witwa...
Read More
Kamonyi: Umugore yatawe muri yombi akurikiranyweho guhinga urumogi
Mu gihe kitageze ku masaha 24 agize umunsi mu karere ka Kamonyi hangijwe ibiyobyabwenge, umugore yatawe muri yombi na Polisi azira guhinga ibiyobyabwenge(Urumogi). Kuri uyu wa kane tariki ya 16 Gashyantare 2017 ahagana saa...
Read More