Urukiko rwisumbuye rwa Muhanga kuri uyu wa kabiri tariki 27 Gashyantare 2018 rwaburanishirije mu ruhame uwitwa Havugimana Vincent ushinjwa kwica umuvandimwe we. Imbere y’imbaga y’aho yakoreye icyaha mu kagari ka Gihara, umurenge wa Runda,...
Read More
Kamonyi: Kamwe mu tubari tuzwi i Runda kafungiwe igikoni kazira umwanda n’inyama zitujuje ubuziranenge
Inyama zifashishwa mu gutunganya Zingaro zabaye intandaro yo gufungwa kw’Igikoni cy’akabari k’ahazwi nko kuri Etage ku Ruyenzi(La Luz de la Luna). Ubwo ikipe y’ubuyobozi bw’Umurenge yasuraga aka kabari n’igikoni, hasanzwe umwanda n’inyama zitujuje ubuziranenge...
Read More
Kudatanga amakuru kuri ruswa bituma Miliyari 35 zinyerezwa ku mwaka
Mu cyegeranyo cy’umuryango Transparency International Rwanda cyashyizwe ahagaragara tariki 22 gashyantare 2018 hagarutswe ku kayabo k’amafaranga y’u Rwanda agera muri Miliyari 35 anyerezwa ku mwaka bitewe no kudatanga amakuru kuri Ruswa. Kudatanga aya makuru...
Read More
Kamonyi: Umubyeyi w’imyaka 55 yishwe, umurambo ukururirwa munsi y’umuhanda
Ahagana mu masaha ya mugitondo cyo kuri uyu wa kabiri tariki 27 Gashyantare 2018 mu murenge wa Kayenzi, Akagari ka Kayanza habonywe umurambo w’umubyeyi witwa Mukangarambe wishwe n’abantu bataramenyekana. Ku i saa kumi n’ebyiri...
Read More
Kamonyi: Umuyobozi mushya muri GS Remera-Rukoma yasimbuye Mudidi
Ruhigande, wari usanzwe ayobora kimwe mu bigo by’Abaporoso(EPR) mu karere ka Huye, yazanywe mu kigo cy’urwunge rw’amashuri cya Remera-Rukoma kuri uyu wa 26 Gashyantare 2018. Aje kuko yabisabwe n’ubuyobozi bw’itorero n’ubw’Akarere ka Kamonyi, Isuku...
Read More
APR FC yababaje Rayon Sports n’abafana bayo
Mu mukino w’ishiraniro wahuje amakipe abiri y’amakeba ariyo APR FC na Rayon Sports, warangiye abareyo batahanye akababaro. Uyu mukino wari uw’ikirarane cya Shampiyona y’umupira w’amaguru. Umukino wahuje APR FC na Rayon Sports, watangiye ukerewe ho...
Read More
Kamonyi: Umuyobozi w’ikigo cya GS Remera-Rukoma yakirukanywemo burundu
Bizimana Emmanuel ( Mudidi ) yamaze gusabwa kuva mu kigo cy’urwunge rw’amashuri cya Remera-Rukoma bitarenze tariki 26 Gashyantare 2018. Uyu muyobozi yari aherutse gusabirwa kuva muri iki kigo na Minisitiri muri Minisiteri y’Uburezi. Intandaro...
Read More
Kamonyi: Special Olympics yatangije amarushanwa y’abafite ubumuga bwo mu mutwe( amafoto)
Igikorwa cyo gutangiza amarushanwa y’abafite ubumuga bwo mu mutwe, cyatangiriye ku mugaragaro mu karere ka Kamonyi. Ni igikorwa cyitabiriwe n’ubuyobozi bw’Akarere n’abandi bayobozi batandujanye, abatsinze bambitswe imidari( ihere ijisho amwe mu mafoto). Aya marushanwa...
Read More
Kamonyi: Abarimu babiri batawe muri yombi bakurikiranyweho ubujura
Abarezi babiri bigisha mu rwunge rw’amashuri rwitiriwe Mutagatifu Yohani w’umusaraba(St Jean de la Croix) Ngamba bafunzwe bazira kwiba ibikoresho by’ubwubatsi. Umuyobozi w’ikigo atangaza ko ibyuma bihenze ariko agaciro kabyo mu mafaranga ntako azi. Nsengayire Thacien,...
Read More
Muhanga: Abagabo babiri bafunzwe na Polisi bakekwaho gucuruza no gukwirakwiza ibiyobyabwenge
Polisi y’u Rwanda ikorera mu karere ka Muhanga yataye muri yombi abitwa Twagirimana Thomas w’imyaka 22 y’amavuko na mugenzi we witwa Siborurema Felix w’imyaka 42 nyuma yo kubafatana urumogi rugera ku biro 64 n’iminzani 3...
Read More