Ikigo ngenzura mikorere cy’imirimo ifitiye igihugu akamaro-Rura, cyahagaritse Radiyo ubuntu butangaje igihe cy’iminsi 30 itumvikana ku butaka bw’u Rwanda. Iki gihano kiriyongeraho ihazabu yaciwe ingana n’amafaranga y’u Rwanda Miliyoni ebyiri. Ikigo ngenzura mikorere cy’imirimo...
Read More
Kamonyi: “Kwaheri” n’agatadowa mu banyeshuri b’umurenge wa Kayenzi
Abanyeshuri n’abarezi basaga ibihumbi 3 mu murenge wa Kayenzi, basezeye ku itara ry’Agatadowa. Babifashijwemo na Safer Rwanda ifatanije na Little Sun, bahawe amatara akoresha urumuri rw’izuba. Ni mu rwego rwo guca urwitwazo rw’abatagira umuriro iwabo...
Read More
Kamonyi: Ushinjwa Kwica umuntu yakatiwe n’urukiko igifungo cya burundu
Urubanza ruregwamo Kubwimana Aimable washinjwaga ibyaha byo gukubita no gukomeretsa ku bushake hamwe n’icyaha cyo kwica umuntu, rwasomewe mu ruhame aho icyaha cyakorewe mu kagari ka Kigembe Tariki 16 Gashyantare 2018. Urukiko rwamuhanishije gufungwa...
Read More
Kamonyi: Minisitiri muri MINEDUC yasuye ishuri rya RTSS asigira impanuro abana b’abakobwa
Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’Uburezi, Olivier Rwamukwaya yasuye ikigo cy’ishuri cya RTSS giherereye mu murenge wa Runda. Nyuma yo gutambagira ibice bitandukanye mu kigo areba ibijyanye n’isuku aho yasanze ari nta makemwa, yaganirije abanyeshuri,...
Read More
Kamonyi: Ihere ijisho amwe mu mafoto y’abari mu nteko rusange ya RPF-Inkotanyi
Inteko rusange y’Umuryango RPF-Inkotanyi iteraniye muri Guesthouse Ijuru rya Kamonyi kuri iki cyumweru tariki 18 Gashyantare 2018. Dore amwe mu mafoto y’abitabiriye iyi nteko rusange iri bunasige hatowe abanyamuryango buzuza imyanya itari yuzuye mu...
Read More
Kamonyi: Ishyaka rya Green Party ryatoye abakandida b’amatora y’Abadepite
Inama y’abarwanashyaka ba Green Party mu karere ka Kamonyi yateranye kuri uyu wa 17 Gashyantare 2018 mu murenge wa Gacurabwenge. Hatowe babiri bazahagararira ishyaka mu matora y’Intumwa za Rubanda yimirijwe imbere. Ishyaka riharanira Demokarasi...
Read More
Kamonyi: Minisitiri Rwamukwaya Yategetse ko Diregiteri wa GS Remera-Rukoma ahindurwa
Olivier Rwamukwaya, Umunyamabanga wa Leta muri MINEDUC ushinzwe amashuri y’imyuga n’ubumenyi ngiro, yategetse ko umuyobozi w’Ikigo cy’Urwunge rw’Amashuri cya Remera-Rukoma atongera kuyobora iki kigo. Uyu muyobozi ntabwo agenda wenyine kuko hari abandi bagomba ku...
Read More
Kamonyi: Umugabo ateye undi ibyuma munda no ku kaboko, akizwa n’amaguru
Mu rukerera rw’uyu wa gatanu tariki 16 Gashyantare 2018 hafi y’isantere y’ubucuruzi ya Gihara mu murenge wa Runda, umugabo akomerekeje bikomeye uwitwa Mwerekande ajyanwa kwa muganga naho undi akizwa n’amaguru. Mu mudugudu wa Nyagatare,...
Read More
Kamonyi: Dore amafoto ya Litiro zisaga ibihumbi 10 z’inzoga z’inkorano zitemewe zafashwe zikamenwa
Mu Murenge wa Runda, Akagari ka Ruyenzi mu isantere y’ubucuruzi ya Ruyenzi mu gikari cy’ahazwi nka ZAG ZAG kuri uyu wa 15 Gashyantare 2018 hatahuwe inzoga z’inkorano zitemewe zingana na Litiro zisaga ibihumbi 10....
Read More
Ruhango: Umurenge wa Ruhango muri gahunda idasanzwe yiswe”Quick Service delivery week”
Quick Service Delivery Week, ni uburyo bushya bwo kwegera abaturage bwashyizweho n’ubuyobozi bw’umurenge wa Ruhango. Ubu buryo bugamije ahanini kwegera abaturage, kubakemurira ibibazo basanzwe iwabo ku mudugudu. Ni gahunda itangira tariki 14 Gashyantare kugeza...
Read More