February 2018

Radiyo Ubuntu butangaje(Amazing Grace) yahagaritswe kumvikana ku hutaka bw’u Rwanda ukwezi kose

Ikigo ngenzura mikorere cy’imirimo ifitiye igihugu akamaro-Rura, cyahagaritse Radiyo ubuntu butangaje igihe cy’iminsi 30 itumvikana ku butaka bw’u Rwanda. Iki gihano kiriyongeraho ihazabu yaciwe ingana n’amafaranga y’u Rwanda Miliyoni ebyiri. Ikigo ngenzura mikorere cy’imirimo...
Read More

Kamonyi: Minisitiri Rwamukwaya Yategetse ko Diregiteri wa GS Remera-Rukoma ahindurwa

Olivier Rwamukwaya, Umunyamabanga wa Leta muri MINEDUC ushinzwe amashuri y’imyuga n’ubumenyi ngiro, yategetse ko umuyobozi w’Ikigo cy’Urwunge rw’Amashuri cya Remera-Rukoma atongera kuyobora iki kigo. Uyu muyobozi ntabwo agenda wenyine kuko hari abandi bagomba ku...
Read More