Yitwa Mukankusi Clementine, umubyeyi w’imyaka 49 y’amavuko, atuye mu Mudugudu wa Kamayanja, akagari ka Karengera, Umurenge wa Musambira. Ahangayikishijwe n’imibereho mibi avuga ko abayemo we n’abana bane, aho bararana n’inka yagabiwe n’Umukuru w’Igihugu muri...
Read More
Muhanga: Barasaba ingurane z’ibyangijwe n’umuyoboro w’amazi wakozwe n’Abashinwa
Bamwe mu baturage, hashize igihe bategereje ingurane bijejwe ku mitungo yabo yangijwe ubwo hagurwaga umuyoboro w’amazi mu mujyi wa Muhanga. Bavuga ko ibyo basabwe byose babikoze, bakibaza impamvu batabona amafaranga ku byabo byangijwe. Bibaza...
Read More
Umupilote wa mbere w’umwirabura muri America yapfuye ku myaka 102
Charles McGee, umupilote w’Umunyamerika wahawe imidende/imidari myinshi y’ishimwe warwanyije ivanguramoko mu gisirikare, yapfuye ku myaka 102. Yapfuye ari mu bitotsi bye kuri iki cyumweru mu gitondo, nk’uko umuryango we ubivuga. Itangazo ryawo rivuga ko...
Read More
Leta ya Ethiopia yasabye ko OMS/WHO ikora iperereza kuri Dr Tedros uyiyobora
Leta ya Ethiopia irasaba ishami mpuzamahanga ry’Umuryango w’Abibumbye ryita ku buzima ku isi-OMS/WHO, gukora iperereza ku mukuru waryo ku byo imushinja ko atanga “amakuru y’ibinyoma” kandi ko afite “imyifatire mibi” ku bijyanye n’ibibazo biri...
Read More
Minisitiri w’Ubuzima yasabye abanyeshuri b’abakobwa gufungura ibitabo bagafunga amaguru
Minisitiri w’ubuzima w’akarere muri Afurika y’epfo yanenzwe bikomeye muri iki gihugu nyuma yuko abwiye abanyeshuri b’abakobwa “gufungura ibitabo byanyu mugafunga amaguru yanyu”. Phophi Ramathuba yavuze ayo magambo mu ruzinduko yari yagiriye ku ishuri ryisumbuye...
Read More
DR Congo: Batewe impungenge n’abanyarwanda bahunga kubwo kwanga kwikingiza Covid-19
Ishyirahamwe ry’abakomoka ku kirwa cy’Ijwi muri Kivu y’amajyepfo muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo ririfuza ko Abanyarwanda barenga 100 bamaze kuhagera bahunze urukingo rwa Covid-19 basubira iwabo “mu gihe cya vuba aha gishoboka”. Idée...
Read More
OMS iravuga ko kimwe cya Kabiri cy’Uburayi kigiye kwandura Omicron mu gihe kitarenze amezi 2
Ishami ry’umuryango w’abibumbye ryita ku buzima (OMS/WHO) rivuga ko kimwe cya kabiri cy’Uburayi kizandura ubwoko bushya bwa Covid yihinduranyije bwa Omicron mu gihe kiri hagati y’ibyumweru bitandatu n’ibyumweru umunani biri imbere. Dr Hans Kluge...
Read More
Umugabo yaciye agahigo aterwamo umutima w’ingurube muri America
Umunyamerika yabaye umuntu wa mbere ku isi utewemo umutima w’ingurube yakujijwe mu ikoranabuhanga (genetically-modified). David Bennett, w’imyaka 57, ameze neza nyuma y’iminsi itatu ishize akoreweho uko kubagwa kw’igerageza kwamaze amasaha arindwi mu mujyi wa...
Read More
Coronavirus si icyorezo gishya mu Rwanda, hari izahabonywe mbere- Dr Rugwizangoga Belson
Muganga, Dr Rugwizangoga Belson akaba umwizera w’itorero ry’Abadivantisiti b’umunsi wa 7 mu Rwanda, ahamya ko icyorezo cya coronavirus atari gishya mu Rwanda, ko na mbere y’iki cyamenyekanye cyane hari ubushakashatsi bwari bwagaragaje Coronavirus mu...
Read More
Abaturage mu Bufaransa bigaragambije bamagana icyangombwa kigaragaza ko wakingiwe Covid-19
Abategetsi bo mu Bufaransa bavuga ko abantu barenga 105,000 bitabiriye imyigaragambyo yabaye mu gihugu hose y’abamagana ko hashyirwaho icyangombwa gishya cyerekana ko umuntu yakingiwe coronavirus. Umushinga w’itegeko rishya, watuma urebye abantu batakingiwe batemererwa kugera...
Read More