Imodoka yo mu bwoko buzwi nka FUSO, mu rukerera rwo kuri uyu wa 30 Ugushyingo 2023 yafatiwe mu Kagari ka Kabugondo, Umudugudu wa Mataba side ipakiye Toni zisaga icumi z’Umuceri zari zijyanywe bumamyi nkuko...
Read More
Kamonyi-ESB: Musenyeri Ntivuguruzwa yatangije umwaka w’amashuri 2023-2024 asigira umukoro abanyeshuri
Nyiricyubahiro Musenyeri Ntivuguruzwa Balthazar, Umushumba wa Diyoseze Gatolika ya Kabgayi kuri uyu wa 23 Ugushyingo 2023 yasuye ishuri ryisumbuye ryitiriwe Mutagatifu Berenadeta-ESB Kamonyi. Yatangije umwaka w’amashuri 2023-2024, haba igitambo cya Misa, aha umukoro abanyeshuri...
Read More
Kamonyi: Abishyuza Akarere asaga Miliyoni 90 bashoye mu mashuri amaso yaheze mu kirere
Imyaka igiye kuba itatu Akarere ka Kamonyi katarishyura bamwe muri ba Rwiyemezamirimo bubatse ibyumba by’amashuri, imyaka igiye kwihirika ari itatu. Bahora basaba ubuyobozi kubishyura ariko bukabasaba kwihangana igihe kitazwi. Bamwe muri aba ba Rwiyemezamirimo,...
Read More
Kamonyi-Mugina: Ubuzima bw’abakozi bamaze amezi 4 badahembwa bukomeje kuba bubi, baratabaza
Bamwe mu bakozi bakora isuku n’isukura mu kigo Nderabuzima cya Mugina, Akarere ka Kamonyi, bavuga ko bagurishije amatungo yabo ngo baramire ubuzima bwabo n’imiryango yabo. Akazi kakorwaga n’abakozi umunani karakorwa na bane, abandi bahisemo...
Read More
Kamonyi-Mugina: Inzara iranuma mu bakozi b’ikigo nderabuzima bamaze amezi 4 badahembwa
Abakozi bakora mu kigo nderabuzima cya Mugina mu bijyanye n’isuku n’isukura bamaze amezi ane badahembwa. Baricira isazi mu jisho, ibibazo ni uruhuri kuribo n’imiryango yabo. Inzara iraza guhemuza bamwe nkuko babivuga. Baratabaza ubuyobozi butandukanye...
Read More
JENOSIDE:“Nta bumuntu bari bagifite, bari bameze nk’ibikoko”-Umutangabuhamya
Mu rubanza rubera i Buruseli mu Gihugu cy’u Bubiligi, aho Abanyarwanda babiri; Basabose Pierre na Twahirwa Séraphin bakurikiranyweho ibyaha bya Jenoside yakorewe Abatutsi mu Rwanda, Umutangabuhamya yabwiye urukiko kuri uyu wa 09 Ugushyingo ko;...
Read More
Kamonyi-Rugalika: Igihe cyose Umuryango ubanye nabi, nta mutekano, nta Terambere-Gitifu Nkurunziza
Nkurunziza Jean de Dieu, Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’Umurenge wa Rugalika, Akarere ka Kamonyi ari mu nteko y’Abaturage mu kagari ka Kigese yo kuri uyu wa 07 Ugushyingo 2023, yibukije abagize umuryango by’umwihariko abagabo n’abagore ko...
Read More
Kamonyi-MRPIC: Barashinja uruganda rw’Umuceri kubima agaciro rubashinja guteza“akajagari”
Abahinzi b’Umuceri muri Koperative COOPRORIZ-ABAHUZABIKORWA ari nabo bafite imigabane isaga 70% mu ruganda MRPIC rutunganya umusaruro wabo w’Umuceli bahinga mu kibaya cya Mukunguri, barashinja ubuyobozi bw’uru ruganda kurubahezamo buvuga ko bateza“akajagari”, banduza uruganda. Ni...
Read More
Kamonyi-Amayaga: Itsinda“Twisungane”ryahigiye guca Ubukene mu muryango na Nyakatsi mu buriri
Ni itsinda rigizwe n’igitsina “Gore”, ryiganjemo abagore babarizwa muri Koperative COOPRORIZ-ABAHUZABIKORWA Mukunguri. Nyuma yo kuremera bagenzi babo babagurira ibikoresho byo mu Gikoni ndetse n’amatungo magufi, hatahiwe ibiryamirwa, aho kuri uyu wa Kabiri mu nteko...
Read More
Kamonyi-COOPRORIZ-ABAHUZABIKORWA: Mugenzi Ignace yaciriye umuvuno umusimbuye, amwereka ko ikibuga giharuye
Mugenzi Ignace wari umaze imyaka 6 ayobora Koperative COOPRORIZ-ABAHUZABIKORWA Mukunguri yasimbuwe ku buyobozi. Yasabye abamukoreye mu ngata kurushaho kubaka imiyoborere myiza mu banyamuryango, gukora cyane bakazamura umusaruro no kunoza ibyo bakora mu nyungu z’umunyamuryango...
Read More