I Vatikani kwa Papa batangije ishapure y’ikoranabuhanga
“eRosary”, ni ishapure y’ikoranabuhanga yatangijwe n’I Vatikani kwa Papa. Iyi...
Kamonyi: SEVOTA yagabiye imiryango 130 amatungo magufi inatanga isakaro ry’ibiraro
Ku munsi wahariwe kuzirikana umugore wo mucyaro wizihirijwe mu Murenge wa...
Kamonyi: Ahereye ku muganda udasanzwe wa AJADEJAR, Col. Rugazora yahaye urubyiruko impanuro
Ihuriro ry’urubyiruko rw’abari mu buhizi n’ubworozi-AJADEJAR kuri uyu wa 12...
Polisi irihanangiriza ababyeyi n’abarezi bahana abana bikabije bikabaviramo gukomereka
Ubuyobozi bwa Polisi y’u Rwanda bwongeye kwihanangiriza abantu bose bafite...
Nyabihu: Umuyobozi ushinzwe uburere mu kigo cy’ishuri yafashwe akekwaho gucuruza urumogi
Kuri uyu wa gatandatu, tariki ya 7 Nzeri 2019, mu karere ka Nyabihu, Umurenge...
Minisitiri Mutimura yavuze ku musaruro uva mu mfashanyigisho ishingiye ku bushobozi
Mutimura Eugene, Minisitiri w’Uburezi ubwo kuri uyu wa 06 Nzeli 2019 kuri...
Abanyeshuri n’abarezi baganirijwe kuri gahunda “Gerayo Amahoro “
Mu rwego rwo gukomeza kwigisha abanyeshuri uruhare bafite mu kubungabunga...
Abize muri GS St Joseph Kabgayi bagiye gusubirayo muri gahunda ya “Garuka urebe, Garuka ushime”
Abagize ihuriro ry’umuryango mugari w’abize mu rwunge rw’Amashuri...
Abiga mu mashuri abanza n’ayisumbuye bigishijwe uruhare bafite mu gukumira impanuka
Mu rwego rwo gukomeza kubungabunga umutekano wo mu muhanda ndetse no kugabanya...
Kamonyi: Urubyiruko rw’Abakorerabushake rwaremeye abatishoboye harimo n’uwagabiwe Inka
Urubyiruko rw’Abakorerabushake (Youth Volunteers) mu karere ka Kamonyi hamwe na...