Mu gihe yaratwaye Moto, yambuwe perimi ye n’umuntu wari mu modoka ngo kubera ubwoba arayimuha none ari mugihirahiro. Ku gicamunsi cyo kuri uyu wa 12 Gashyantare 2016 hagati ya saa kumi na saa...
Read More
Kamonyi: Ari mubitaro azira kujya gushakira umugabo we mu kabari
Nyuma yo kumenya ko umugabo we hari akabari anywera mo agakeka ko azashiduka agiye ubutareba inyuma yagiye kumwishakira ahahurira n’uruva gusenya. Nyiransabimana Marceline utuye mu kagari ka Kabagesera mu murenge wa Runda yigirijweho...
Read More
Kamonyi : gutora ngo ni byiza ariko kuri bamwe ngo hari ibikwiye kunozwa
Amatora y’inzego zibanze yatangiye none kuwa 8 Gashyantare benshi barashima ariko kandi ngo hari n’ibigomba kunozwa. Amatora y’inzego zibanze yatangiye kuri uyu wa mbere taliki 8 Gashyantare 2016 hirya no hino mu gihugu,...
Read More
Perezida Kagame Paul yakoze impinduka mu myanya y’igisirikare cy’u Rwanda
Perezida wa Repubulika y’u Rwanda akaba ari nawe mu gaba w’ikirenga w’ingabo z’u Rwanda yahinduriye imirimo abayobozi mu ngabo z’u Rwanda. Abayobozi bahinduriwe imyanya ni: General Major Jacques Musemakweli wagizwe umugaba mukuru w’ingabo...
Read More
Igikombe cya CHAN 2016 gitashye muri Congo Kinshasa itsinze Mali
Ibitego bitatu by’ikipe ya Congo ku busa bw’ikipe ya Mali nibyo bihesheje Congo igikombe cya CHAN 2016 ku nshuro ya kabiri kuko yagitwaye bwa mbere 2009. Abakinnyi Elia Lina Mechak ku bitego bye bibiri...
Read More
Umunsi w’itora abahawe konji ni abarimu n’abanyeshuri gusa
Minisiteri ifite uburezi mu nshingano zayo itangaza ko abarimu n’abanyeshuri ku munsi w’itora bahawe ikiruhuko. Kuri uyu wa mbere taliki ya 8 Gashyantare 2016, nibwo hateganijwe amatora y’inzego zibanze aho aya matora ahenshi...
Read More
Nta byiza biva mu biyobyabwenge uretse kubuza umutekano
Abanyonzi bo mu mu murenge wa Runda bavuga ko ubuzima buzirana n’ibiyobyabwenge kandi ko utagira umutekano ubikoresha. Kuri uyu wa 5 Gashyantare 2016, abanyonzi bibumbiye muri Koperative Twizamure Duhesha Umurimo Agaciro ikorera mu...
Read More
Kamonyi: FUSO yikoreye amakaziye y’inzoga arimo ubusa yaguye ifunga umuhanda
Ahagana ku isaha ya saa cyenda n’iminota mirongo ine imodoka ya FUSO RAC 974 I yaguye Ruyenzi muri Kamonyi ifunga umuhanda. Mu murenge wa Runda mu kagari ka Ruyenzi haruguru gato y’ahari ikirombe...
Read More
Kamonyi: Umusaza Habiyakare Joseph yapfuye azize urukuta rw’inzu
Ku myaka 63 y’amavuko Habiyakare apfuye azize impanuka y’urukuta rw’inzu rwamugwiriye. Habiyakare Joseph w’imyaka 63 y’amavuko, mwene Karahamuheto Andereya na Girimpundu Euphasie ubwo yasanaga ikiraro cy’inzu yasanaga yagwiriwe n’urukuta ahita apfa. Ikiraro cy’inzu y’amatungo...
Read More
Abanyeshuri ba Ruyumba ngo umwe agiye kuba ijisho rya mugenzi we
Mu rwunge rw’amashuri rwa Ruyumba abanyeshuri bahiga basanga buri wese ni yirinda azanarinda mugenzi we. Urubyiruko rwiga mu kigo cy’amashuri cya Ruyumba giherereye mu karere ka kamonyi mu murenge wa Nyamiyaga kuri uyu...
Read More