Ubujura hamwe n’icyaha cy’inyandiko mpimbano nibyo Polisi y’u Rwanda ikurikiranyeho umugore wafashwe amaze kubikuza ibihumbi 950. Ku mugoroba w’italiki ya 19 Kanama 2016, umugore utaramenyekana umwirondoro yafatiwe mu karere ka Nyarugenge, amaze kubikuza...
Read More
Uwari umukinnyi ukomeye mu ikipe ya Rayon Sports yayeretse ko batari kumwe
Ismaila Diarra wafatwaga nka rutahizamu ukomeye cyane mu ikipe ya Rayon Sports mu Rwanda, yamaze gusinyana na Darling Club Motema Pembe yo muri Kongo Kinshasa. Ismaila Diarra, ni umukinnyi w’umupira w’amaguru ukomoka muri Mali,...
Read More
Rusizi: Abakekwaho gukorana n’imitwe y’iterabwoba baramenyekanye
Nyuma y’uko Polisi y’u Rwanda irashe batandatu mu bakekwa gukorana n’imitwe y’iterabwoba batatu bagahita bapfa, babiri bagakomereka undi umwe agafatwa mpiri, amazina yabo yamenyekanye. Igikorwa cyo kurasa no gufata mpiri aba bantu batandatu bakekwaho...
Read More
Polisi y’u Rwanda yataye muri yombi abagabo 10 bazira ubucuruzi bw’amahembe y’inzovu
Abagabo bane bakomoka mu gihugu cya Gineya hamwe n’abanyarwanda batandatu, bafunzwe bazira ibiro 80 by’amahembe y’inzovu bashakaga kujyana muri Aziya. Polisi y’u Rwanda ifunze abantu icumi barimo n’abanyamahanga kubera gucuruza amahembe y’inzovu, bafatiwe mu Rwanda berekeza...
Read More
MINIJUST : Abunzi si abacamanza, barunga ntibahana
« Umwunzi arunga. Ntaca urubanza. »Ibi ni ibyagarutsweho n’ intumwa ya Minisiteri y’Ubutabera mu mahugurwa agamije kongerera ubushobozi abunzi hagati muri uku kwezi kwa munani. Ibi birakuraho imyumvire ya bamwe mu babagana, kimwe n’abayobozi. Mu butabera...
Read More
Rusizi: Batatu bakekwaho gukorana n’imitwe y’iterabwoba bishwe na Polisi
Mu karere ka Rusizi mu Bugarama, Polisi y’u Rwanda yishe irashe batatu mu bakekwaho gukorana n’imitwe y’iterabwoba babiri bakomeretse undi umwe afatwa mpiri. Iraswa ry’aba bantu bakekwaho gukorana n’imitwe y’iterabwoba, ryabaye ahagana mu masa...
Read More
Kicukiro: Inzego zose z’ubuyobozi zasabwe kurangwa n’ubufatanye mu gukumira ibyaha
Abayobozi b’inzego zitandukanye mu karere ka Kicukiro bagera ku 100 basabwe kurushaho kuzuzanya babumbatira iterambere n’umutekano by’umunyarwanda. Umuyobozi w’akarere ka Kicukiro, Dr Nyirahabimana Jeanne yasabye inzego zose z’ubuyobozi gufatanya kurwanya no gukumira ibyaha kugira...
Read More
Gicumbi: Impanuka y’imodoka ihitanye 2 umugore umwe arakomereka
Mu masaa munani z’amanywa ya taliki 18 Kanama 2016 imodoka itwara abagenzi yo mu bwoko bwa Coaster ya Sosiyeti Stella, ikoze impanuka ihitana abagabo 2, umugore umwe arakomereka. Iyo Modoka ifite pulaki RAB 672i...
Read More
Umugabo ukekwaho iterabwoba yiciwe mu mujyi wa Kigali
Polisi y’u Rwanda itangaza ko yishe ukekwaho iterabwoba witwa Channy Mbonigaba ukomoka mu karere ka Rubavu akaba yiciwe i Nyarutarama mu karere ka Gasabo. Mu ijoro ryo kuri uyu wa kane taliki ya 17...
Read More
Leta y’u Rwanda, yongeye gusaba gusubira muri CEEAC
U Rwanda, nyuma y’imyaka igera ku icyenda rwikuye mu muryango w’ubukungu wa Afurika yo hagati rwongeye gutanga impapuro zirwemerera kuwusubiramo. Minisitiri w’ububanyi n’amahanga w’u Rwanda, Louise Mushikiwabo, niwe washyikirije Perezida Ali Bongo Ondimba umukuru...
Read More