Kuri uyu mugoroba w’italiki 23 Nzeli 2016, umutingito wateje ibyago bitari bike aho wangije ndetse ugahitana ubuzima bw’umuntu Umutingito wumvikanye mubice bimwe na bimwe by’u Rwanda, kuri benshi wabasizemo ubwoba, bamwe bahunga ibice bari...
Read More
Kamonyi: Muri Rugarika, ba Kavukire barasaba kutirengagizwa mu myubakire
Imyubakire uko igenda irushaho kujyana n’iterambere, bamwe mu baturage bavuga ko bavukiye muri aka karere, ntabwo bashimishwa no kubona abimukira barushaho kugenda babimura aho bavukiye kubera ikigero cy’imyubakire ikenewe bo batibonamo. Mu gikorwa cyahariwe...
Read More