Ku mpamvu z’imirwano ya hato na hato ikomeje kubera muri Repubulika iharanira Demokarasi ya Kongo, impunzi zigera ku 6000 zimaze guhungira mu gihugu cy’u Burundi. Impunzi zigera mu bihumbi bine, zimaze guhungira mu Ntara...
Read More
Kamonyi: Abatuye umudugudu wa Ruramba Biyujurije umuyoboro w’Amazi bikiza ingona
Nyuma yo kwibasirwa n’ingona basangiraga amazi ya Nyabarongo, abaturage bo mu mudugudu wa Ruramba mu Kagari ka Masaka mu Murenge wa Rugarika bavuga ko bafashe icyemezo cyo kwiyubakira Umuyoboro w’amazi ureshya na Kirometero imwe....
Read More
Kamonyi: Umwana w’umukobwa yasutse amarira ubwo yari atangiye kuvuga akababaro ko kubuzwa kwiga
Ubwo yari ahawe indangururamajwi ngo avuge ikibazo cye, umwana w’umukobwa wagombye kuba ari ku ishuri ariko ngo akirukanwa kubwo kutagira ubwishyu, yafashwe n’ikiniga kuvuga ikibazo biramunanira. Abayobozi bamwiyegereje baramuturisha, ahagurukana akanyamuneza. Hari kuri uyu wa...
Read More
Ihere ijisho ubwiza bwa Gloria, Umunyakamonyi uri mu bahatanira ikamba rya Miss Rwanda 2018
Mu bakobwa 14 batoranijwe guhagararira intara y’amajyepfo, umwe muri aba ni umunyakamonyi mu murenge wa Rukoma. Uyu mukobwa ufite ubwiza bwanyuze abatari bake, ari mu rugamba rw’abahatanira kwambara ikamba rya Nyampinga w’u Rwanda 2018, ihere...
Read More
Kamonyi: Umuntu umwe yicishijwe imbugita undi arakomeretswa
Mu ijoro ryakeye tariki 24 Mutarama 2018 ahagana saa saba zishyira saa munani, mu isantere y’ubucuruzi ya Nkoto iherereye mu murenge wa Rugarika, umugabo umwe yishwe atewe imbugita undi nawe arakomeretswa ajyanwa kwa muganga. Ubu...
Read More
Kamonyi: Nta muyobozi mu nzego zibanze ukwiye kurarikira ibitamugenewe-Mayor Kayitesi
Mu nama ya Komiye mpuzabikorwa ubuyobozi bw’Akarere buherutse guhuriramo n’inzego zitandukanye, benshi muri ba midugudu bifuje guhabwa bimwe mubyo babona bigenerwa abakorerabushake b’Ubuzima. Umuyobozi w’Akarere avuga ko badakwiye kubirarikira no kugira umutima mubi kuko...
Read More
Biratangaje! Buyana ufite ubumuga bwo kutabona yasabye Imana akazi imuha ako kugenda acuruza ibitabo
Buyana Aaron, afite ubumuga bwo kutabona. Agenda acuruza ibitabo, ibyinshi ni iby’itorero ry’Abadivantisite b’umunsi wa 7. Aka kazi agakoze kuva mu mwaka w’1999, avuga ko yagasabye Imana ikakamuha atarize ubu kakaba kamutunze we n’umuryango....
Read More
Umuyobozi w’Akarere ka Kamonyi yatashye ibyumba by’amashuri 2 ku Muganza
Ibyumba by’amashuri byuzuye mu kagari ka Muganza ho mu murenge wa Runda, byatashywe kuri uyu wa mbere tariki 22 Mutarama 2018. Bije kuba kimwe mu bisubizo ku bucucike bw’abanyeshuri muri iki kigo kitiriwe Mutagatifu...
Read More
George weah yarahiriye kuba Perezida wa Liberia
Uwahoze ari igihangange mu mupira w’Amaguru, George Weah kuri uyu wa mbere tariki 22 Mutarama 2018 yarahiriye kuba Perezida w’Igihugu cya Liberiya. Asimbuye Madamu Ellen Johnson Sirleaf. Ibihumbi n’ibihumbi by’abaturage ba Leberiya, kuri uyu...
Read More
Ihere ijisho ubwiza buhebuje bw’abakobwa 6 b’Intara y’uburasirazuba bashaka ikamba rya Miss Rwanda 2018
Kuri iki cyumweru tariki 21 Mutarama 2018 nibwo mu ntara y’uburasirazuba habaye ijonjora ry’abakobwa bazahagararira iyi ntara mu marushanwa ya Nyampinga w’u Rwanda 2018. Mu bakobwa 35 bahatanaga, 29 batashye amara masa hanyuma 6...
Read More