Dubai Family ni ihuriro ry’Abacuruzi bo mu Karere ka Nyanza mu murenge wa Busasamana. Ryabigishije kuvuga indimi z’ubucuruzi; Icyongereza n’Igiswahili. Ibi byatumye banoza ubunyamwuga no gutanga serivisi zinoze. Abacuruzi 25 bo mu Karere ka...
Read More
Kamonyi: Abanyamuryango ba RPF-Inkotanyi i Kayenzi biyemeje gukura mu nzira ikibazo cy’abatagira Mituweli
Ikibazo cy’abatagira Mituweli mu murenge wa Kayenzi cyahangayikishije abanyamurwango ba RPF-Inkotanyi muri Kongere ku rwego rw’umurenge yabaye kuri uyu wa 20 Mutarama 2018. Ngo ntibakomeza kuvuga ko bashyigikiye Perezida Kagame kandi bakibona abadashobora kwivuza...
Read More
Irebere ubwiza bw’abakobwa bazahagararira intara y’amajyepfo muri Miss Rwanda 2018
Ijonjora ry’abakobwa bazahatanira ikamba rya Nyampinga w’u Rwanda 2018 mu ntara y’amajyepfo risize 14 batoranijwe kuzahagararira iyi ntara. Ihere ijisho ubwiza bw’aba bakobwa biteguye kuzahatana n’abandi bazatoranywa mu ntara zose n’umujyi wa Kigali. ...
Read More
Kamonyi: Umuti ukarishye ushobora kuba uri kuvugutirwa abayobozi bataba aho bayobora
Madamu Mureshyankwano Marie Rose, Guverineri w’Intara y’amajyepfo atangaza ko ikibazo cy’abayobozi b’inzego zibanze mu karere ka Kamonyi batarara aho bayobora kandi biri mubyo basabwa kigiye kuvugutirwa umuti. Atangaza ko azahura n’ikibazo gikomeye umuyobozi wese...
Read More
Sudani y’Epfo: CP Munyambo yashimye imikorere y’Abapolisi b’u Rwanda bakorera i Malakal
Abapolisi b’u Rwanda bari mu butumwa bw’Amahoro bw’umuryango w’Abibumbye muri Sudani y’Epfo i Malakal, basuwe na Commissioner of Police(CP) Munyambo ari nawe muyobozi w’abapolisi bari mu butumwa bwa UN muri iki gihugu. Hari tariki...
Read More
Kamonyi: Ubuyobozi bwa Polisi bwasabye inzego zibanze kugira ubufatanye mu gukumira ibyaha
Mu nama y’abagize Komite Mpuzabikorwa y’akarere ka Kamonyi yabaye kuri uyu wa Kane tariki 18 Mutarama 2018 mu cyumba cy’inama cy’ishuri ryitiriwe Mutagatifu Bernadette ku Kamonyi, Uhagarariye Polisi mu Karere yasabye ubufatanye bukomeye mu...
Read More
Igikona cyateye indege yari igurutse gusubira ku butaka
Indege yari itwaye abasirikare b’uburundi mu gihugu cya Somaliya, yagonze igikona mu kirere ubwo yari imaze guhaguruka ku kibuga cy’indege i Bujumbura, byatumye isubira ku butaka ngo ibanze isuzumwe. Amakuru ava mu buyobozi bw’ikibuga cy’indege...
Read More
Burundi: Abana bahambwe igice babona bazira kwiba ibigori
Igipolisi mu gihugu cy’u Burundi kirahiga umuntu wahambye abana babiri abaziza kwiba ibigori, bagize ubutabazi naho ubundi ibyabo byari birangiye. Amakuru y’ihambwa ry’abana babiri igice kimwe cy’umubiri bazira kwiba ibigori, yamenyekanye ari uko amafoto...
Read More
Ruhango: Haravugwa iyibwa ry’imishinga 50 y’amasoko yo mu myaka ya 2009-2015
Amadosiye y’Imishinga y’iterambere igera muri 50 mu karere ka Ruhango yo mu myaka ya 2009 kugera 2015 biravugwa ko yibwe n’abantu bataramenyekana. Umwe mu bakekwa ngo yarafashwe, Iyibwa ry’iyi mishinga rije mu gihe hari...
Read More
Polisi y’u Rwanda yifurije ishya n’ihirwe abofisiye bagiye mu kiruhuko cy’izabukuru
Ku cyumweru tariki 14 Mutarama 2018 ku cyicaro gikuru cya Polisi y’u Rwanda ku Kacyiru habereye umuhango wo gusezera mu cyubahiro Abofisiye bayo bagera ku 111 bagiye mu kiruhuko cy’izabukuru. Uyu muhango ubaye nyuma...
Read More