Ntabwo ari byinshi byo kuvuga kuko urugendo rwa URUSARO na Gabby rwabaye rurerure, rwagize kidobya nyinshi, benshi barababajwe, barishwe. Gusa ngo Abantu sibo Mana, kandi ngo Agati gahagaritswe n’Imana ntabwo gahungabanywa n’umuyaga ngo kagwe....
Read More