Rosalie Gicanda, yashakanye n’Umwami Mutara III Rudahigwa tariki 13 Mutarama 1942, ni umwamikazi wa nyuma w’u Rwanda. Yishwe tariki 20 Mata 1994 mu gihe cya Jenoside yakorewe abatutsi, yiciwe mu cyahoze ari Perefegitura ya...
Read More
Nyanza-Muyira: Imanza 4000 za gacaca ntizirarangizwa
Ubuyobozi bw’Umurenge wa Muyira mu karere ka Nyanza buvuga ko mu bibazo bufite bibahangayikishije harimo irangizwa ry’imanza za gacaca 4000. Iki kibazo cyo kutarangiza izi manza, ni inzitizi zemeranywaho n’ubuyobozi ndetse n’abaturage mu nzira...
Read More
Nyanza: Barasaba intumwa za rubanda kutiyamamariza ahari isanteri z’ubucuruzi gusa
Mu gihe Abanyarwanda biteguye amatora y’intumwa za rubanda agomba kuba muri Nzeli 2018, bamwe mu baturage bo mu karere ka Nyanza barifuza impinduka mu buryo abiyamamaza babikoramo. Baba abaziyamamaza ku giti cyabo, yaba imitwe...
Read More
Kamonyi: Umugabo arakekwaho gukubita umwana yibyariye bikamuviramo urupfu
Mu mudugudu wa Kabasanza, Akagari ka Gihara ho mu Murenge wa Runda kuri uyu wa gatatu tariki 17 Mata 2018 umugabo arakekwaho gukubita inkoni umwana we bikamuviramo urupfu. Intandaro ngo ni uko umwana yabajijwe...
Read More
Nyagatare: Umugabo afunzwe akekwaho kujyana abana hanze y’igihugu gukoreshwa imirimo ivunanye
Polisi y’u Rwanda ikorera mu karere ka Nyagatare, yaburijemo umugambi w’umugabo ukomoka muri aka karere, wo kujyana abana bane bakiri bato mu gihugu cya Uganda gukoreshwayo imirimo ivunanye. Umuvugizi wa Polisi y’u Rwanda mu...
Read More
Kamonyi-Runda: Abantu bataramenyekana bashyize amazirantoki mu isafuriya y’urugo rubamo SEDO
Mu Mudugudu wa Nyagacyamo, Akagari ka Muganza mu Murenge wa Runda kuri uyu wa 16 Mata 2018 mu masaha y’umugoroba abantu bataramenyekana binjiye mu gipangu kibamo umukozi w’Akagari(SEDO) bafata isafuriya itekerwamo bayishyiramo umwanda w’umuntu(amazirantoki). Amakuru...
Read More
Itangazamakuru rifitiye ideni Abanyarwanda – Fidel Ndayisaba
Mu gihe cya Jenoside yakorewe abatutsi mu 1994, itangazamakuru ryabaye igikoresho, hari ibitari gukorwa iyo ritaba umuyoboro w’ikibi. Kuri uyu wa 16 Mata 2018 Umunyamabanga Nshingwabikorwa wa Komisiyo y’igihugu y’ubumwe n’ubwiyunge, yabwiye abanyamakuru ko...
Read More
Kamonyi: Ngaya amwe mu mafoto yaranze ibihe byo kwibuka mu Murenge wa Runda
Abatuye umurenge wa Runda, abawuvukamo n’incuti baturutse hirya no hino kuri uyu wa 15 Mata 2018 bibutse Jenoside yakorewe abatutsi mu 1994. Uyu muhango wabimburiwe n’urugendo rwahereye ku Murenge wa Runda ( ahahoze ari...
Read More
Kamonyi-Runda: Bibutse ku nshuro ya 24 Jenoside yakorewe abatutsi hanashyirwa indabo mu mugezi wa Nyabarongo
Abaturage b’Umurenge wa Runda kuri iki cyumweru tariki 15 Mata 2018 bibutse ku nshuro ya 24 Jenoside yakorewe abatutsi mu 1994. Umuhango wo kwibuka wabanjirijwe n’urugendo rwavuye ku Murenge rukagera kuri Nyabarongo. Aha hibukwaga inzira...
Read More
Gicumbi-Rubaya: Imvo n’imvano y’Umuforomo wavuzweho gusambanya umubyeyi yabyazaga
Umukozi mu kigo nderabuzima cya Rubaya ho mu karere ka Gicumbi, yavuzweho gusambanya umubyeyi yarimo kubyaza. Uyu muforomo yarafashwe arafungwa, nyuma y’ibyumweru bibiri yararekuwe. Yatangarije intyoza.com kuri uyu wa 14 Mata ukuri ku ifungwa...
Read More