Abayobozi b’ibigo by’amashuri ahabwa ibikoresho bya ICT na Minisiteri y’uburezi baburiwe ko bashobora guhagarikwa ku mirimo yabo. Iki cyemezo cyo guha gasopo aba bayobozi cyatewe n’igenzura ryagaragaje ko aho ibi bikoresho by’ikoranabuhanga (ICT) biri...
Read More
Kamonyi: Urugendo rwo kwibuka ni urwibutso rw’abanyarwanda twese-Ngenzi Pirimiyani
Ku myaka 70 y’amavuko ibura amezi abiri, umusaza Ngenzi Pirimiyani yabonye byinshi kandi yanyuze muri byinshi mu gihe cya Jenoside yakorewe abatutsi mu 1994 na mbere yaho. Urugendo rukorwa mu gihe cyo kwibuka Jenoside...
Read More
Kamonyi: Yahawe gucukura ikirombe agisiga kirangaye cyatangiye kwangiza ibikorwa remezo
Ubuyobozi bwa Happy Place Company Ltd, burashyirwa mu majwi n’abaturage kubangiriza umuhanda nyuma yo gucukura umucanga mu kirombe giherereye mu Kagari ka Sheri ho mu Murenge wa Rugarika. Iki kirombe kimaze amezi agera muri...
Read More
Inama y’Abaminisitiri yeretse umuryango usohoka benshi mu bayobozi ba REB
Abayobozi batanu mu kigo gishinzwe guteza uburezi imbere mu Rwanda-REB kuri uyu wa gatatu tariki 11 Mata 2018 bahagaritswe ku mirimo yabo n’inama y’abaminisitiri. Ihagarikwa mu kazi ry’aba bayobozi rije nyuma y’aho iki kigo cyari...
Read More
Kamonyi: Urubanza rwa Dr Munyakazi Leopold aho avuka umutekano wari wakajijwe, rwitabiriwe na benshi(Amafoto)
Leopold Munyakazi akurikiranyweho ibyaha bya Jenoside yakorewe abatutsi mu 1994. Urubanza rwe mu bujurire rwaburanishijwe n’urugereko rwihariye rw’urukiko rukuru kuri uyu wa kabiri tariki 10 Mata 2018 mu Murenge wa Kayenzi aho avuka anafite...
Read More
Rusizi: Umugore ngo yahimbye amayeri yo gukenyerera ku dupfunyika 400 tw’urumogi nti byamuhira
Ku itariki 8 Mata 2018, Polisi y’u Rwanda ikorera mu karere ka Rusizi yafatanye Uwimana Olive udupfunyika tw’urumogi (Bule) 400 arukenyereyeho. Uyu mugore ufungiwe kuri Sitasiyo ya Polisi ya Kivumu yafatiwe mu kagari ka...
Read More
Kigali: Nyamulinda Pascal ntakiri Meya w’umujyi wa Kigali, yeguye
Guhera tariki 10 Mata 2018, Nyamulinda Pascal wari umuyobozi w’Umujyi wa Kigali yatanze ibaruwa yegura ku mirimo ya Meya w’Umujyi. Yari amaze kuri ubu buyobozi umwaka urengaho hafi amezi abiri. Perezida wa njyanama avuga...
Read More
Kamonyi-Kayenzi: Dr Munyakazi Leopold ari kuburanira iwabo, abamushinjura bahurije ku mbunda ye
Dr Munyakazi Leopold, ukurikiranyweho ibyaha bya Jenoside yakorewe abatutsi mu 1994, yatangiye kuburanishirizwa iwabo i Kayenzi kuri uyu wa kabiri tariki 10 Mata 2018. Urugereko rwihariye rw’urukiko rukuru rurumva abatangabuhamya bashinjura uregwa. Abashinjura bahurije...
Read More
Kongo-Goma,Masisi: Padiri yiciwe mu Kiriziya n’umuntu witwaje intwaro mu gihe undi Padiri yashimuswe
Nyuma y’amasaha macye Padiri Etienne Nsengiyumva wo muri Kiriziya Gatolika y’i Masisi amaze gusoma Misa, ngo yiciwe mu Kiriziya arashwe n’umuntu witwaje intwaro. Ni nyuma gusa icyumweru undi mu Padiri ashimuswe muri Dioseze ya...
Read More
Kamonyi: Ihere ijisho amwe mu mafoto y’uburyo imvura yahemukiye abaturage
Imvura yaguye ku gicamunsi cyo kuri iki cyumweru tariki 8 Mata 2018 mu Karere ka Kamonyi by’umwihariko mu Mirenge ya Runda na Rugarika mu gishanga cya Bishenyi na Kamiranzovu yangije imyaka yari mu gishanga,...
Read More