Kuri uyu wa mbere tariki ya 29 Ukwakira 2018, muri salle y’Akarere ka Ruhango habereye ibiganiro byahuje Polisi n’abamotari bakorera muri Santere ya Ruhango bibutswa kurushaho kubahiriza amategeko y’umuhanda hagamijwe gukumira impanuka zikomeje guhitana...
Read More
Polisi y’u Rwanda n’iya Tanzaniya bahagurukiye kurwanya ibyaha byambukiranya imipaka
Kuri uyu wa kabiri tariki 30 Ukwakira 2018, Umuyobozi wa Polisi y’ u Rwanda IGP Dan Munyuza yagiranye ibiganiro na mugenzi we wa Tanzaniya Simon N. Sirro bigamije ubufatanye ku mpande zombi mu kurushaho kurwanya...
Read More
Nyarugenge: Basabwe kurwanya ibyaha binyuze mu mikino n’imyidagaduro
Kuri uyu wa 28 Ukwakira 2018 mu karere ka Nyarugenge mu Murenge wa Nyarugenge habereye igitaramo kigamije kurwanya ibiyobyabwenge, inda ziterwa abana n’ibindi byaha binyuze muri siporo. Abitabiriye iki gitaramo, bibukijwe ko imikino ari inzira...
Read More
Kamonyi: Indege zitagira abapilote zizwi nka Drones zatangiye kwifashishwa mu buhinzi
Mu gishanga cya Ruboroga kigabanya imirenge ya Rugalika, Mugina na Nyamiyaga kuri uyu wa mbere tariki 29 Ukwakira 2018 Minisiteri ifite ubuhinzi mu nshingano zayo-MINAGRI, yatangije uburyo bushya bw’indege zitagira abapilote mu gufasha kubona amakuru...
Read More
Kamonyi-Kayenzi: Umupira w’amaguru wabaye imbarutso yo gutsura umubano n’abanyakigali
Ikipe y’umupira w’amaguru y’abasheshe akanguhe yitwa Fondation kayenzi, kuri iki cyumweru tariki 28 Ukwakira 2018 yakiriye ikipe yitwa Droujba yaturutse I kigali mu mukino wari ugamije gutsura umubano. Amakipe yombi ndetse n’ubuyobozi buhamya ko...
Read More
Nyagatare: Umusore yafatanywe udupfunyika 194 tw’ikiyobyabwenge cya mayirungi
Polisi ikorera mu karere ka Nyagatare ku bufatanye n’abaturage mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatanu tariki 26 Ukwakira 2018 , yafatanye Ndayisaba Emmanuel w’imyaka 22 y’amavuko udupfunyika 194 tw’urumogi rwo mu bwoko bwa...
Read More
Kamonyi: Umugore wishe umwana we amutemye ijosi yasabiwe igihano cy’igifungo cya burundu
Ubushinjacyaha burega Mukashyaka Kereniya w’imyaka 26 y’amavuko kwica atemye ijosi akaritandukanya n’igihimba umwana we w’imyaka 9 y’amavuko. Bwamusabiye igihano cy’igifungo cya burundu, busaba urukiko kutazagabanya igihano ngo kuko igikorwa yakoze ari icya bunyamaswa. Urubanza...
Read More
Sudani y’Epfo: Abapolisi b’u Rwanda bari mu butumwa bw’amahoro bambitswe imidari y’ishimwe
Abapolisi b’u Rwanda 240 bari mu butumwa bwo kubungabunga amahoro mu Gihugu cya Sudani y’Amajyepfo(UNMISS) baherereye mu Ntara ya Malakal nibo kuri uyu wa 25 Ukwakira 2018 Umuryango w’Abibumbye wambitse imidari y’ishimwe. Girmay Gebrekidan wari...
Read More
Kamonyi-Ngamba: Umurambo w’umuntu watoraguwe ku nkombe z’uruzi rwa Nyabarongo
Ku gice cy’inkombe y’uruzi rwa Nyabarongo mu Mudugudu wa Raro, Akagari ka Kabuga ho mu Murenge wa Ngamba kuri uyu wa 25 Ukwakira 2018 hatoragiwe umurambo w’umuntu w’umugabo utaramenyekana imyirondoro, ari mu kigero cy’imyaka...
Read More
Depite Frank Habineza yamaganye abasabira Odda Paccy ibihano birenze kwamburwa izina ry’Ubutore
Umuraperikazi Odda Paccy uherutse gushyira ifoto y’ikibuno hanze cyanditseho amagambo ” IBYA” na TSI ntoya hasi, akanasohora indirimbo yise Ibyatsi, yamaganiwe kure na Komisiyo y’itorero ry’Igihugu inamwambura izina ry’ubutore. Abatari bake mu gihe bamusabira ibihano,...
Read More