Depite Frank Habineza wo mu ishyaka ritavuga rumwe na Leta, asanga ibimaze gukorwa n’ishyaka riri ku butegetsi ( RPF) bimuhamiriza ko hari impinduka muri Politiki y’u Rwanda ziganisha aheza. Kwinjira kwe mu nteko no...
Read More
Karongi: Polisi n’abaturage bakoze umuganda ko kuremera abahuye n’ibiza ufite agaciro k’agera kuri Miliyoni 2,5 y’u Rwanda
Nyuma y’aho haguye imvura nyinshi ikangiza ibikorwa remezo bitandukanye birimo n’amazu y’abaturage, mu mpera z’icyumweru dushoje, Polisi y’u Rwanda n’inzego z’ibanze bafatanyije n’abaturage batuye mu karere ka Karongi, mu murenge wa Rwankuba bahuriye mu...
Read More
Rulindo: Abagore barahohoterwa bakaryumaho ngo batiha rubanda
Bamwe mu bagore bo mu murenge wa Bushoke, Akagari ka Gasiza ho mu karere ka Rulindo, bakorerwa ihohoterwa n’abagabo mu ngo bagahitamo guceceka ngo nibwo buryo bwiza bwo kwiha amahoro mu ngo no kutiha...
Read More
Nyagatare: Hateguwe igiterane, Abanyamadini basabwa ubufatanye mu kurwanya ibiyobyabwenge
Kuri uyu wa 21 Ukwakira 2018, mu karere ka Nyagatare mu murenge wa Tabagwe habereye igiterane cyahuje amatatorero atandukanye kigamije gukangurira abakirisitu kurushaho kugira uruhare mu gukumira ibiyobyabwenge kuko bikomeje kwangiza umuryango nyarwanda. Ni...
Read More
Karongi: Imodoka yafashwe ipakiye imifuka ine y’Urumogi
Mu ijoro ryo kuri uyu wa 21 Ukwakira 2018 Polisi y’u Rwanda ikorera mu karere ka Karongi ku makuru yatanzwe n’abaturage yafashe imodoka Toyota Corolla RAA 603Y yari ipakiye imifuka ine y’urumogi. Iyi modoka...
Read More
Rulindo: Babiri bafashwe bakekwaho gukora ubucuruza bw’amabuye y’agaciro mu buryo butemewe
Kuri uyu wa gatandatu tariki 20 Ukwakira 2018 Polisi ikorera mu Karere ka Rulindo yafashe abagabo babiri bo mu murenge wa Murambi bacukuraga amabuye ya Gasegereti mu buryo bunyuranyije n’amategeko, bakangiza imirima n’amazu y’abaturage....
Read More
Intwali Fan Club yatangiye ubukangurambaga bw’abafana mu Ngororero
Mu rwego rwo kongera umubare w’abafana ba rayon sports FC bibumbiye mu ma fan clubs, itsinda ry’abafana ryitwa INTWALI Fan Club ryatangiye ubukangurambaga bwimbitse mu karere ka Ngororero. Kuwa gatandatu tariki ya 20 Ukwakira...
Read More
Muhanga: Abanyeshuri 162 bakanguriwe gukumira ibiyobyabwenge n’icuruzwa ry’abantu
Abanyeshuri bagera ku 162 biga m’urwunge rw’amashuri rwa Cukiro(GS Cukiro) rihereye mu kagari ka Ngaru mu murenge wa Nyarusange mu karere ka Muhanga, muri iki cyumweru dusoza, Polisi y’u Rwanda yabakanguriye kurwanya no gukumira...
Read More
Kamonyi-Isesengura: Perezida w’inama Njyanama ukenewe ni inde, akwiye kurangwa no kwita kuki!?
Inama njyanama y’Akarere ka Kamonyi imaze iminsi igera kuri 40 ifite icyuho cyo kutagira Perezida wayo. Karuranga Emmanuel wayiyoboraga yeguye tariki 11 Nzeli 2018 ajyana na Nyirinyange wari umwungirije. Bimwe mu bishobora gufasha uzatorwa...
Read More
Kamonyi: Imirambo y’abagabo 2 yatoraguwe mu ishyamba rya Kanyinya muri Rukoma
Imirambo y’abagabo babiri bataramenyekana yatoraguwe mu inshyamba rya Kanyinya ho mu Murenge wa Rukoma, Akagari ka Remera, Umudugudu wa Kigarama mu gitondo cy’uyu wa Gatanu tariki 19 Ukwakira 2018. Basanzwe nta myenda bambaye, basobekeranye amaguru,...
Read More