Paul Kagame, Perezida wa Repubulika y’u Rwanda kuri uyu wa Kane tariki 18 Ukwakira 2018, Ashingiye ku biteganywa n’Itegeko Nshinga rya Repubulika y’u Rwanda ryo mu 2003 ryavuguruwe muri 2015, cyane cyane mu ngingo...
Read More
Kayonza: Umusaza w’imyaka 72 akurikiranyweho gutwika Hegitali 10 z’ishyamba rya Leta
Rwabuduranya Sylivestre w’imyaka 72 y’amavuko yafashwe na polisi y’u Rwanda ikorera mu karere ka Kayonza mu murenge wa Rwinkwavu akekwaho gutwika hegitari 10 z’ishyamba ry’inturusi agamije gushaka irwuri rw’inka ze. Ku gicamunsi cyo kuwa mbere...
Read More
Amajyepfo: Abasore 7 bakekwaho gucuruza urumogi bafashwe na Polisi
Kuri uyu wa mbere Tariki 15 Ukwakira 2018 Polisi ikorera mu Ntara y’Amajyepfo mu turere twa Huye na Muhanga yafashe abasore 7 bacuruzaga bakananywa ikiyobyabwenge cy’urumogi. Mu gusaka, hatahuwe udupfunyika tw’urumogi 1056. Mu karere ka...
Read More
Rulindo: Abamotari bashyizeho amatsinda agamije kurwanya ibiyobyabwenge
Abanyamuryango 65 ba koperative y’abamotari (COMOCYA) ikorera mu murenge wa Ntarabana mu karere ka Rulindo, bashimangiye ko bazarwanya ibiyobyabwenge bivuye inyuma. Imwe mu nzira izabafasha kwesa uyu muhigo ni amatsinda bashinze. Abamotari bahamya ko...
Read More
Gatsibo: Abangavu bahuye n’ihohoterwa rishingiye ku gitsina baratabaza
Bamwe mu bangavu bahuye n’ihohoterwa rishingiye ku gitsina bari munsi y’imyaka 18 bo mu murenge wa Ngarama baratabaza ku mpamvu z’uko ababafashe ku ngufu bakabatera inda bahunga bakigira mu gihugu cya Uganda. Aba bangavu,...
Read More
Umuryango wa Nyirashuri ubabajwe n’amasambu wahugujwe hirengagijwe amategeko
Bamwe mu bo mu muryango wumukecuru Nyirashuri Bonifride utuye mu karere ka Rutsiro, umurenge wa Mushubati, bahangayikishijwe namasambu yumubyeyi wabo Ntambiyukuri Stanislas yazunguwe hadakurikijwe itegeko rigenga imicungire yumutungo wabashakanye, impano nizungura. Bakanababazwa nakarengane bakorewe ninzego...
Read More
Kamonyi-Runda: Abakekwaho kwiyitaga abapolisi bakambura abamotari bacakiwe
Ku mugoroba wo kuri uyu wa 11 Ukwakira 2018 hagati ya saa Tatu na saa yine z’umugoroba nibwo abamotari bakorera mu Murenge wa Runda, mugasanteri ka Ruyenzi babonye haje abasore 4 biyita abapolisi, bakimara kuhagera...
Read More
Impanuka zo mu muhanda n’inkongi z’imiriro byahagurukije Polisi n’ibigo by’ubwishingizi bafata ingamba
Polisi y’u Rwanda n’abayobozi b’ibigo by’ubwishingizi bikorera mu Rwanda bemeranyije kongera imbaraga mu bufatanye bwo kurwanya ibishobora kubangamira ikiremwa muntu nk’impanuka zo mu muhanda ndetse n’inkongi z’umuriro. Hari kuri uyu wa Gatanu Tariki 12...
Read More
Kayonza: Haracyari imiryango ihishira ihohoterwa rishingiye ku gitsina rikorerwa abana b’abakobwa
Abana b’abakobwa bari munsi y’imyaka cumi n’umunani bo mu karere ka Kayonza bavuga ko abagize imiryango yabo bari muri bamwe bahishira ihohoterwa rishingiye ku gitsina ribakorerwa bashingiye ku kuba barikorerwa na bamwe bagize imiryango yabo...
Read More
Louise Mushikiwabo, Umunyarwandakazi ubaye aka wa mukobwa uhesha ishema umuryango
Mu bitego bitandukanye u Rwanda rukomeje gutsinda amahanga, kuri uyu wa gatanu tariki 12 Ukwakira 2018 hiyongereyeho icy’Umunyarwandakazi Louise Mushikiwabo utsindiye kuyobora umuryango w’ibihugu bivuga ururimi rw’Igifaransa. Yegukanye uyu mwanya atsinze Umunyakanadakazi Michaelle Jean. Aya...
Read More