Polisi y’igihugu itangaza ko mu bantu bahamagara ku mirongo yayo ya Telefone ihamagarwa ku buntu, abagera kuri 80% bavuga ibidahuye n’impamvu iyo mirongo yashyiriweho. Mu kiganiro cyabaye kuri uyu wa 22 Werurwe 2019, kigamije...
Read More
Jehovaniss Bible College ishuri uziga utavuye aho uri rigiye gutangizwa na Nibintije Ministries n’abaterankunga
Nibintije Ministries n’abaterankunga bafatanije umurimo w’Imana, mu mezi atarenga abiri baraba batangije ishuri rya Bible bise “ Jehovaniss Bible Institute ( College). Ni igikorwa kigamije ahanini gufasha abo Imana yahamagariye umurimo wayo. Kwiga muri...
Read More
Icyumweru cy’ubutabera gisize abaturage basobanukiwe ibyaha by’inzaduka n’uburyo bwo kubirwanya
Ibi byavuzwe n’umunyamabanga wa Leta ushinzwe itegeko nshinga n’andi mategeko Uwizeyimana Evode ubwo yasozaga icyumweru cy’ubutabera cya tangiye ku wa 18 kugeza 23 Werurwe 2019. Umuhango wo gusoza iki cyumweru cy’ubutabera wabereye kuri stade...
Read More
Rubavu: Polisi irakangurira abantu kwirinda ababavunjira amafaranga batemewe
Ibi Polisi y’u Rwanda ibitangaje nyuma y’aho ifatiye umugore mu karere ka Rubavu mu murenge wa Gisenyi ahazwi nko kuri Petite bariere ari kuvunjira abantu amafaranga mu buryo bunyuranyije n’amategeko, kuri uyu wa 21...
Read More