Urubyiruko 317 rwarangije amashuri yisumbuye ruturuka mu midugudu igize Akarere ka Kamonyi ruri ku rugerero ruciye ingando ruzamaramo iminsi 40. Ubwo bitabiraga inteko y’abaturage kuri uyu wa 21 Gicurasi 2019 mu mudugudu wa Remera, Akagari...
Read More
Kamonyi: Abahesha b’inkiko batari ab’umwuga bakanguriwe kudatinya kurangiza imanza
Bamwe mu bahesha b’inkiko batari ab’umwuga bahitamo kutarangiza imanza cyangwa bakazitinza nkana bitewe no gutinya kwirengera ingaruka ziva mu kuzirangiza. Bavuga ko nubwo babikora mu rwego rw’akazi ngo iyo haje ingaruka nibo bimenya muri...
Read More
Kamonyi/Gerayo Amahoro: Polisi yakanguriye abashoferi b’amakamyo kwitwararika mu muhanda
Mu bukangurambaga bw’ibyumweru 52 bwahawe insanganyamatsiko ya “Gerayo Amahoro”, kuri uyu wa 20 Gicurasi 2019 Polisi y’u Rwanda mu karere ka Kamonyi ahazwi nka Bishenyi yaganirije abashoferi b’amakamyo ibasaba ubufatanye mu bukangurambaga bugamije kubungabunga...
Read More
Musanze: Abatwara abantu ku magare bibukijwe kugira uruhare mu gukumira impanuka zo mu muhanda
Mu rwego rwo gukomeza gukangurira abantu kwirinda impanuka zo mu muhanda, Muri iki cyumweru dushoje, Polisi ikorera mu karere ka Musanze yaganirije abanyonzi bagera kuri 1200 mu kwirinda impanuka. Nyuma y’aho Polisi y’u Rwanda itangije...
Read More
NI GUTE WAHANGANA N’ IBIBAZO URIMO igice cya 5 – Rev. / Ev. Eustache Nibintije
Umukozi w’Imana Rev. / Ev. Eustache Nibintije, umunyeshuri wa Patriots Bible University yo muri Leta zunze ubumwe za Amerika, abinyujije muri Minisiteri ye y’ivugabutumwa yise “ Nibintije Evangelical Ministries” asigaye adufasha mu kugabura ijambo...
Read More
Kamonyi/Kwibuka 25: Urubyiruko rwasabwe kwirinda kumira bunguri iby’amahanga bitarufitiye akamaro
Dr Uzziel Ndagijimana, Minisitiri w’Imari n’igenamigambi Ubwo kuri uyu wa 18 Gicurasi 2019 yari mu muhango wo kwibuka ku nshuro ya 25 Jenoside yakorewe Abatutsi mu karere ka Kamonyi, yasabye abakiri bato ( urubyiruko)...
Read More
NI GUTE WAHANGANA N’IBIBAZO URIMO-IGICE CYA 4- Rev. / Ev. Eustache Nibintije
Umukozi w’Imana Rev. / Ev. Eustache Nibintije, umunyeshuri wa Patriots Bible University yo muri Leta zunze ubumwe za Amerika, abinyujije muri Minisiteri ye y’ivugabutumwa yise “ Nibintije Evangelical Ministries” asigaye adufasha mu kugabura ijambo ry’Imana...
Read More
Kicukiro: Polisi yafashe abagabo babiri biyitaga abapolisi bagamije kwambura abatwara ibinyabiziga
Polisi y’u Rwanda iragira inama abatwara ibinyabiziga kwirinda abantu baza babashuka biyita abo bataribo, cyangwa biyitirira inzego bakorera ntaho bahuriye nazo bagamije kubambura. Ibi Polisi y’u Rwanda ibitangaje nyuma y’aho kuri uyu wa 16 Gicurasi...
Read More
NI GUTE WAHANGANA N’IBIBAZO URIMO-IGICE CYA 3 – Rev. / Ev. Eustache Nibintije
Umukozi w’Imana Rev. / Ev. Eustache Nibintije, umunyeshuri wa Patriots Bible University yo muri Leta zunze ubumwe za Amerika, abinyujije muri Minisiteri ye y’ivugabutumwa yise “ Nibintije Evangelical Ministries” asigaye adufasha mu kugabura ijambo ry’Imana...
Read More
Ni gute wahangana n’ibibazo urimo-Igice cya 2 – Rev./ Ev. Eustache Nibintije
Umukozi w’Imana Rev. / Ev. Eustache Nibintije, umunyeshuri wa Patriots Bible University yo muri Leta zunze ubumwe za Amerika, abinyujije muri Minisiteri ye y’ivugabutumwa yise “ Nibintije Evangelical Ministries” asigaye adufasha mu kugabura ijambo ry’Imana...
Read More