Urwego rw’Igihugu rw’ubugenzacyaha-RIB kuri uyu wa 30 Ugushyingo 2019 rwatangaje ko rwataye muri yombi abakozi batatu b’ibitaro bya Ngarama mu ntara y’Uburasirazuba aho bakekwaho ibyaha bifitanye isano n’inyandiko mpimbano na Ruswa. Abakozi batatu bakekwaho...
Read More
Kicukiro: Polisi yafashe uwakaga ruswa umuturage imukekaho kwiyita umuyobozi
Sibomana Emmanuel w’imyaka 37 niwe wafatiwe mu murenge wa Nyarugunga mu karere ka Kicukiro agenda abeshya abaturage ko ari umuyobozi ku murenge, yafashwe amaze kwaka ruswa umuturage ingana n’amafaranga y’u Rwanda ibihumbi 50 yo...
Read More
Gusambanya abana bikwiye kuba icyaha kidasaza-MoS Nyirarukundo Inyasiyana
Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’ubutegetsi bw’Igihugu(MoS), Nyirarukundo Inyasiyana, asanga icyaha cyo gusambanya abana gikwiye gushyirwa mu byaha bidasaza ku buryo n’ugikoze agatoroka aho azabonekera hose yazakiryozwa. Ibi yabivugiye I Kamonyi kuwa 25 Ugushyingo...
Read More
Burera: Abagore bafatanwe amasashi arenga ibihumbi 31 bayambariyeho imyenda
Kuwa mbere w’iki cyumweru dusoza tariki ya 25 Ugushyingo 2019 nibwo twababwiye inkuru y’amasashi amapaki 198 yafatiwe mu murenge wa Gihango mu karere ka Rutsiro, kandi si aho honyine kuko nta gihe Polisi y’u...
Read More
Kamonyi: RIB iracyahura n’imbogamizi mu iperereza no gukumira ibyaha ku ihohoterwa
Ubuyobozi bw’ubugenzacyaha-RIB bukorera mu karere ka kamonyi butangaza ko bugihura n’imbogamizi ahanini zigendanye n’imyumvire y’ihame ry’ubwuzuzanye n’uburinganire iyo buri mu ikumira no kugenza ibyaha by’ihohoterwa rishingiye ku gitsina n’ibindi. Ibi RIB yabitangarije mu Murenge...
Read More
Polisi yafatanye abantu 3 udupfunyika tw’urumogi turenga ibihumbi 6,800 bacuruzaga
Umutwe wa Polisi y’u Rwanda ushinzwe gukumira no kurwanya ikwirakwizwa n’ikoreshwa ry’ibiyobyabwenge, Anti-Narcotics Unity (ANU) mu bihe bitandukanye n’ahantu hatandukanye mu gihugu kuri uyu wa Gatatu tariki ya 27 Ugushyingo 2019 yafashe abantu batatu...
Read More
Buruseli: Neretse yerekanye inyandiko yahawe n’umutangabuhamya biteza urujijo n’impaka
Ku munsi wa 15 w’urubanza rwa Neretse uregwa ibyaha bya Jenoside rubera I Buruseli mu Bubiligi, habonetse inyandiko itunguranye itavuzweho rumwe n’impande zose. Umutangabuhamya arayihakana, uregwa ntiyemera kuvuga uwayimuhaye mu 2010; kandi iriho umukono...
Read More
Kamonyi: Abakoresha ikiraro cya Mukunguri bari mu bibazo niba badatabawe mu maguru mashya
Ikirararo cya Mukunguri gihuza akarere ka Kamonyi na Ruhango, kikaba cyakoreshwaga mu koroshya ubuhahirane n’imigenderanire mu baturage ariko amezi ashize arenga abiri giciwe n’imodoka. Muri ibi bihe by’imvura abakinyuraho no nko guhara ubuzima. Barasaba...
Read More
Kamonyi: Iyangizwa ry’ibidukikije mu bucukuzi bw’imicanga riravugwamo ukuboko kutabonwa kw’abayobozi
Abacukura umucanga mu Mudugudu wa Karehe, Akagari ka Sheri ho mu Murenge wa Rugalika barangiza ibidukikije, aho bacukura umucanga ujyanwa hirya no hino mu bwubatsi. Muri ubu bucukuzi haravugwamo ukutagira ibyangombwa, kutubahiriza amategeko n’amabwiriza...
Read More
Kamonyi: Abana 187 basambanijwe mu mezi cumi bamwe muri bo barabyaye
Kuri uyu wa mbere tariki 25 Ugushyingo 2019 mu gikorwa cyo gutangiza ku mugaragaro ubukangurambaga bw’iminsi 16 yahariwe kurwanya ihohoterwa rishingiye ku gitsina, umuyobozi w’Akarere ka kamonyi Kayitesi Alice yavuze ko iri hohoterwa ari...
Read More