Abafite ubumuga butandukanye bo mu karere ka Musanze bahamya ko kwishyira hamwe kwabo byabarinze umuco bavuga ko utari mwiza wo gusabiriza. Bavuga ko ubumuga bwa mbere ari ukudatekereza no kutagira abajyanama beza. Bamwe mu...
Read More
Musanze: Umugoroba w’Ababyeyi wagaruye akanyamuneza mu miryango
Bamwe mu bagabo n’abagore bo mu Murenge wa Muhoza, Akarere ka Musanze barishimira ko umugoroba w’ababyeyi watumye ahari amakimbirane hagaruka ituze, umuryango ukongera kugira ibyishimo, abana bakongera gusabana n’abababyaye, urugo rukongera kuba igicumbi cy’amahoro....
Read More
Umwe mu basore babiri bakubise, bakaniga ndetse bakambura umukobwa iremera yarashwe arapfa
Abasore babiri bagaragaye ku mashusho yafashwe na CCTV Camera bakurikirana umukobwa ucuriza Me2u, bakamuniga, bakamukubita ndetse bakamucuza utwo yari afite, umwe yarashwe arapfa nkuko byemejwe na Polisi, mu gihe undi yafashwe akerekwa itangazamakuru kuri...
Read More
Nyanza: Abantu 2 bapakiye imizigo nabi, bafashwe bashaka gutanga ruswa y’ibihumbi bitatu
Mu ijoro ryo kuri uyu wa 26 Gashyantare 2020, mu Mudugudu wa Mukoni, Akagari ka Kavumu, Umurenge wa Busasamana ho mu Karere ka Nyanza, Abapolisi bari mukazi bafashe abagabo babiri bari bapakiye nabi ibiti...
Read More
Perezida Paul Kagame yakoze impinduka mu bagize Guverinoma y’u Rwanda
Ashingiye ku biteganywa n’ltegeko Nshinga rya Repubulika y’u Rwanda ryo mu 2003 ryavuguruwe muri 2015, cyane cyane mu ngingo yaryo ya 116, none kuwa 26 Gashyantare 2020, Nyakubahwa Perezida wa Repubulika y’u Rwanda Paul...
Read More
Nyabihu: Abaturage bafatanywe Litiro 400 z’ikiyobyabwenge gishya kiri mu nzoga zitemewe
Munanguzi ni izina ry’inzoga y’inkorano nshya yagaragaye mu karere ka Nyabihu mu murenge wa Rugera. Isuku n’uburyo iki kinyobwa gikorwamo biteye amakenga kuko bishobora kugira ingaruka ku buzima bw’abakinywa ndetse no ku mutekano wabo....
Read More
Ibiro bisaga 200 by’amabuye y’agaciro byafatiwe ahantu hatandukanye mu gihugu
Ibiro 200 by’amabuye y’agaciro yo mu bwoko bwa gasegereti yafatiwe mu karere ka Nyagatare mu murenge wa Matimba naho ibiro 20 by’amabuye y’agaciro yo mu bwoko bwa Mangano afatirwa mu murenge wa Gisenyi mu...
Read More
Kamonyi: Polisi yahagurukiye gufata imodoka zipakira imizigo zikabangamira gahunda ya Gerayo Amahoro
Abashoferi bakunze gutwara imodoka akenshi zizwi nka FUSO zikunze kwerekeza mu majyepo zivanye imizigo mu mujyi wa Kigali, bahagurukiwe kubwo gupakira imizigo mu buryo bugaragara ko bubangamiye ikoreshwa neza ry’umuhanda na gahunda ya Gerayo...
Read More
Polisi n’ishyirahamwe ry’umukino w’amagare mu bukangurambaga bwa Gerayo Amahoro
Polisi y’u Rwanda n’ishyirahamwe ry’umukino w’amagare mu Rwanda (Rwanda Cycling Federation -FERWACY) bifatanyije muri gahunda ya Gerayo Amahoro mu rwego rwo kurushaho kongera ubu bukangurambaga kubakoresha umuhanda. Ubu bufatanye bwatangijwe ku mugaragaro kuri iki...
Read More
Rubavu: Hari ukutavuga rumwe kuwafungiranye abana 8 muri ruhurura
Abana 8 muri 12 bakunze kwibera muri ruhurura iri hafi n’ishuri ryisumbuye ry’Abayisilamu rya Gisenyi-ESIG ku gicamunsi cyo kuri uyu wa 23 Gashyantare bafungiranywe muri Ruhurura bakunze kugangikamo. Kubafungirana byakoreshejwe ibisima byashyizwe ku mwobo...
Read More