Abacuruza utubari bashyiriweho nyirantarengwa y’amasaha mu kwirinda Korona Virus

Minisiteri y’Ubutegetsi bw’Igihugu kuri uyu wa 20 Werurwe 2020 yatangaje ko amasaha ntarengwa yo gucuruza mu tubari twomucyaro ari i saa moya, mu gihe utubari two mu mujyitutagomba kureza i saa tatu z’ijoro. Iki ni icyemezo kigomba guhita gishyirwa mu bikorwa mu rwego rwo gukumira no kwirinda indwara ya Corona Virus. Hanatanzwe kandi amabwiriza yo gukurikiza ku banyamasengesho.

Dore itangazo ryatanzwe uko rivuga:

Munyaneza Theogene / intyoza.com

Umwanditsi

Learn More →