• Kigali, Rwanda
  • 0788309922
Facebook Twitter Youtube

INTYOZA

  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga
  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga
Agezweho
15/11/25
Kamonyi-Rugalika: Hasojwe icyumweru cy’Umuryango hasezerana abarimo umaze imyaka 50
15/11/25
Ruhango-Kabagali: Umugabo yatawe muri yombi akekwaho Ubujura bw’Intsinga z’Amashanyarazi yari atwaye
15/11/25
Itangazo ry’Umushinga RW0379 ADEPR Gatenga rihamagarira Gupiganira isoko
15/11/25
Amajyepfo-Turindane: Kamonyi ku isonga mu mpanuka zirimo izihitana ubuzima bw’Abantu

Ubushinwa, Afuganistani na Pakistani byasabye ko ingabo z’amahanga ziva muri Afuganistani

Umwanditsi
July 8, 2020

Ba Minisitiri b’Ububanyi n’Amahanga b’ibi bihugu, basabye ko mu rwego rwo kwirinda imitwe y’iterabwoba, ingabo z’amahanga ziri muri Afuganistani zihakurwa. Kuguma muri iki gihugu, biri mubishobora gutuma imitwe y’iterabwoba ihashinga ibirindiro. Izi ngabo ziri muri iki gihugu ziyobowe na Leta zunze ubumwe za Amerika.

Ibihugu by’Ubushinwa, Afuganistani na Pakistani bisaba ko ingabo z’amahanga ziri mu gihugu cya Afuganistani ziyobowe na Leta zunze ubumwe z’Amerika ziva muri iki gihugu nkuko zabyiyemeje kugira ngo hirindwe kuvuka imitwe y’iterabwoba.

Abaminisitiri b’ibi bihugu bashinzwe imigenderanire/ububanyi n’amahanga babitabgaje kuri uyu wa Kabiri tariki 07 Nyakanga 2020.

Aba ba Minisitiri, batangaje ibi mu gihe Amerika irimo irasaba Leta ya Afuganistani n’abatalibani kugira bwangu bakarangiza ihanahana ry’imfungwa kugira ngo ibiganiro nyirizina bitegerejwe igihe kirekire hagati y’izo mpande ebyiri bishobore gutangira.

Amasezerano y’amahoro muri Afuganistan nkuko ijwi rya Amerika dukesha iyi nkuru ribivuga, ni yo azatuma ingabo zose z’Amerika hamwe n’abo bafatanije ziva muri iki gihugu mu kwezi kwa karindwi 2021 nkuko Amerika n’abatalibani babyemeranije mu kwezi kwa kabiri k’uyu mwaka wa 2020.
Munyaneza Theogene / intyoza.com

Share Article

Follow Me Written By

Umwanditsi

Shakisha
Izasomwe cyane
Kamonyi-Runda: Umugabo ukekwaho kwica umugore we amuteye icyuma yatawe muri yombi
Umwanditsi
November 27, 2024
Kamonyi-Musambira: Gitifu yakijijwe n’amaguru ahunga RIB agarurwa n’abaturage
Umwanditsi
October 15, 2024
Urutonde rw’abaperezida bayoboye u Rwanda kuva rwigenze
Umwanditsi
October 5, 2016
Ibyiciro

Amakuru

5914 Posts

Politiki

4164 Posts

Ubuhinzi

150 Posts

Ubukungu

1032 Posts

Imyidagaduro

86 Posts

Imikino

154 Posts
Facebook Pinterest Twitter Youtube
  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga

Intyoza.com itangaza amakuru yanyu mungingo zinyuranye z'ibibera ku isi no mukirere. Byaba ari ibyiza byubaka ndetse nibibi byo kwibazaho nko mu Bukungu, Politiki, Ikoranabuhanga, Umuco, Ubuzima, n'ibindi byinshi. Mutwandikire, mwinigure, mutugezeho ibitekerezo byanyu cyangwa izindi nkuru mwifuza kugeza kubandi.

© 2022, All Rights Reserved.

  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga