• Kigali, Rwanda
  • +250 123 456 789
Facebook Twitter Youtube

INTYOZA

  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga
  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga
Agezweho
20/07/25
Umunyamakuru muzima ni uriho si uwapfuye-Me Jean Paul Ibambe
20/07/25
Kamonyi-Nyamiyaga: URUGAGA RW’ABAYOBOZI ku Mudugudu rwabaye igisubizo ku mibereho myiza y’Umuturage
20/07/25
Kamonyi-Ngamba: Abakekwaho kwica umugabo w’imyaka 45 bamaze gutabwa muri yombi
20/07/25
Kamonyi-Rukoma: Polisi yataye muri yombi abakekwaho ubugizi bwa nabi bategeraga abantu mu nzira

Donald Trump yifatiye ku gahanga umusenateri ukuriye abandi

Umwanditsi
February 17, 2021

Uwahoze ari Perezida wa Amerika, Donald Trump, yasabye kuri uyu wa kabiri abasenateri b’abarepublikani kwitandukanya na Mitch McConnell, umukuru wabo muri Sena. Ni nyuma y’aho uyu musenateri avugiye ko uyu wahoze ari Perezida yagize uruhare mu myigaragambyo kuri Capitol( inzu y’inteko ishinga amategeko).

Donald Trump avuga ko ishyaka ry’abarepublikani ritazasubira kubahwa cyangwa gukomera mu gihe abategetsi nka senateri Mitch McConnell bakiri ku mutwe waryo.

Iki gitero kije nyuma y’aho McConnell avugiye ku musi wa gatandatu w’icyumweru gishize ko naho yatoye yemeza ko Trump ari umwere mu rubanza rwa impeachment, uwo wahoze ari Perezida ngo yagize uruhare mu midugararo yabaye kw’itariki 6 z’ukwezi kwa mbere kuri Capitol ya Amerika.

Trump nkuko ijwi rya Amerika ribitangaza, ashinja McConnell kuba ari we watumye abarepublikani batakaza sena.

Trump yavuze kandi ko azakomeza gukorana n’abanyamugambwe/abakuru b’ishyaka mu gihugu hagati no gushyigikira abakandida b’abarepublikani bamuyoboka, mu matora yo mu kwezi kwa cumi na kumwe 2022.

Munyaneza Theogene / intyoza.com

Share Article

Follow Me Written By

Umwanditsi

Shakisha
Izasomwe cyane
Kamonyi-Runda: Umugabo ukekwaho kwica umugore we amuteye icyuma yatawe muri yombi
Umwanditsi
November 27, 2024
Kamonyi-Musambira: Gitifu yakijijwe n’amaguru ahunga RIB agarurwa n’abaturage
Umwanditsi
October 15, 2024
Kamonyi-Nyamiyaga: Umurezi mu kigo cy’Ishuri araye mu maboko atari aye kubera umwana w’umukobwa w’imyaka 14-15
Umwanditsi
October 17, 2024
Ibyiciro

Amakuru

5835 Posts

Politiki

4086 Posts

Ubuhinzi

147 Posts

Ubukungu

1000 Posts

Imyidagaduro

80 Posts

Imikino

141 Posts
Facebook Pinterest Twitter Youtube
  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga

Intyoza.com itangaza amakuru yanyu mungingo zinyuranye z'ibibera ku isi no mukirere. Byaba ari ibyiza byubaka ndetse nibibi byo kwibazaho nko mu Bukungu, Politiki, Ikoranabuhanga, Umuco, Ubuzima, n'ibindi byinshi. Mutwandikire, mwinigure, mutugezeho ibitekerezo byanyu cyangwa izindi nkuru mwifuza kugeza kubandi.

© 2022, All Rights Reserved.

  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga