Igihugu cya Uganda cyatangaje ibihe bidasanzwe by’ubuzima nyuma y’uko abahanga babonye imbasa mu bipimo byo mu makusanyirizo y’imyanda y’amazi mu murwa mukuru Kampala. Mu 2006, iki gihugu cyari cyaratangaje ko nta mbasa ikiharangwa, ariko...
Read More
Kamonyi: Umuturage yarahunze bitewe n’ibyo yita ubugambanyi avugamo umukozi wa RMB
Umuturage witwa Mugemana Jean de Dieu, abarizwa mu karere ka Kamonyi nk’ ushakisha ubuzima binyuze mu bucukuzi bw’amabuye yubakishwa, akaba kandi yarasabye ibyangombwa by’umucukuzi bw’amabuye y’agaciro, aho agitegereje igisubizo. Uyu muturage, avuga ko afite...
Read More
Muhanga: Barinubira ruswa mu itangwa ry’ibyangombwa by’ubutaka n’imyubakire
Abagana ibiro bishinzwe ibikorwaremezo, imiturire n’imikoreshereze y’ubutaka (one stop center) mu Karere ka Muhanga, baravuga ko ubigannye aba agomba kwibwiriza agatanga ruswa kugirango abone ibyangombwa byo kubaka cyangwa gusana inzu. Nubwo bazi neza ko...
Read More
Zambia: Perezida Edgar Lungu yemeye gutsindwa amatora, ashimira Hichilema wamutsinze
Perezida ucyuye igihe wa Zambia Edgar Lungu yemeye ko yatsinzwe amatora y’umukuru w’igihugu. Kuri televiziyo y’igihugu, yatangaje ati: “Ndashaka gushimira umuvandimwe wanjye Hakainde Hichilema kuba yatorewe kuba perezida wa karindwi wa Zambia”. Perezida watowe,...
Read More
Ingabo zidasanzwe za Amerika zahawe ikaze muri DR Congo mu kurwanya inyeshyamba za ADF
Perezida wa Republika ya Demokarasi ya Kongo, Felix Tshisekedi kuri iki cyumweru yahaye uburenganzira ingabo zidasanzwe za Leta zunze ubumwe za Amerika mu kurwanya iterabwoba, aho zije gufasha abasirikare b’iki gihugu kurwanya umutwe witwaje...
Read More
Muhanga: Hari utugari abaturage bavuga ko bagowe no kubona amazi meza
Abatuye mu tugari twa Rwasare na Rwigerero two mu Murenge wa Mushishiro barasaba ubuyobozi ko bwabagezaho amazi meza. Bavuga ko kubona amazi meza bibagora, ko bibasaba urugendo rurerure, ko bihenze cyane bityo bagahitamo gukoresha...
Read More
Muhanga: Abanyeshuri biga mu ishuli rya Kabgayi A bikekwa ko bifurije Perezida Kagame gupfa barekuwe by’agateganyo
Abanyeshuli 3 biga mu ishuri ryisumbuye rya Kabgayi A bari bakurikiranyweho ibyaha bitanu basabiwe n’ubushinjacyaha gufungurwa by’agateganyo nyuma yaho ubunganira mu mategeko yari yajuririye icyemo kibafunga by’agateganyo. Urukiko rw’Ibanze rwa Nyamabuye rwafashe umwanzuro wo...
Read More
Afuganistani: Inkambi ya Gisirikare, ibibuga by’indege byigaruriwe n’Abatalibani
Abatalibani kuri uyu wa gatatu bafashe ibibuga by’indege byo mu ntara za Farah na Kunduz muri Afuganistani. Amakuru atangwa n’ibitangazamakuru avuga ko bafashe kandi n’ikambi ya gisirikare y’i Kunduz nyuma y’aho abasirikare amagana bayamanitse...
Read More
Imirenge 10 muri 50 niyo gusa yagumishijwe muri Guma mu rugo
Itangazo rya Minisiteri y’Ubutegetsi bw’Igihugu-MINALOC ryakurikiye iry’ibyemezo by’inama y’Abaminisitiri yateranye kuri uyu wa Gatatu, ikayoborwa na Perezida Kagame, rigaragaza ko mu mirenge 50 yari imaze iminsi 14 muri Guma mu rugo, icumi gusa niyo...
Read More
Kamonyi-Nyamiyaga: Gitifu mushya ati“ Mfite ubushake, nkeneye umwihariko wa buri wese kugira ngo twuzuzanye”
Nyuma y’igihe uwari umunyamabanga Nshingwabikorwa w’Umurenge wa Nyamiyaga ari mu maboko y’ubutabera kubera ibyo akurikiranyweho, abaturage b’uyu murenge bahawe Udahemuka Jean Damascene bakunda kwita “Nzirubugwari” nka Gitifu mushya ugiye kubayobora. Si mushya mu nshingano...
Read More