Hashize imyaka 6 akarere ka Muhanga katagira irimbi rusange, ndete inama Njyanama y’akarere yagiye ifata imyanzuro y’aho ryashyirwa bikarangira bihindutse ndetse hagashakishwa ahandi rizajya. Abaturage bakomeje kuba mu gihirahiro bibaza amaherezo. Muri iyi myaka...
Read More
Libya: Umuhungu wa Col Muammar Kadhafi yangiwe kwiyamamariza kuba Perezida
Umuhungu w’uwahoze ari Perezida wa Libya Col Muammar Kadhafi yakuwe ku rutonde rw’abashaka kuba abakandida mu matora y’umukuru w’igihugu ateganyijwe tariki 24 Ukuboza (ukwa 12). Komisiyo y’amatora mu Gihugu cya Libya, yangiye abakandida benshi...
Read More